Twateguye urutonde rw’abakinnyi b’igitsinagore bakunzwe cyane hano mu Rwanda kurusha abandi mu mwaka wa 2022-2023.
Umwanditsi w’UMURYANGO yagendeye ku bitekerezo bitangwa filime bakinamo ziba...
Uyu mugani bawuca iyo babonye amakuba agarutse nyirabazana, ni bwo bagira, bati «Amagambo ahariwe nankana». Bamwe batekereza ko wakomotse kuri Nankana ya Rutamu w ’i Rumuli na Muhura, mu Buganza,...
Tariki 12 Mata 1994, yakomeje kuba umunsi mubi ku Batutsi bariho bakorerwa Jenoside yari igeze ku munsi wa gatandatu, aho Karemera Frodouald wa MDR-Power yahamagariye buri Muhutu gukora...
Tariki ya 09 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe...
Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
Madamu Mugirwanake Margaret yatunguye benshi ubwo yafataga umwanzuro wo kugaruka ku ishuri ku myaka 52 nyuma yo kurivamo atarangije ay’isumbuye kubera politiki y’iringaniza.
Nk ’umunyeshuri...
Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko ku wa 14/03/2023 hamwe no ku wa 15/03/2023 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ikurikira.
Kuwa 14/03/2023...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore ikomeje gukora ibitangaza mu cyiciro cya kabiri kuko mu mukino itatu gusa imaze gukina muri iki cyiciro yatsinzemo ibitego 33.
Kuri uyu wa Kabiri Rayon Sports WFC...
Umukinnyi Imanizabayo Florence ukinira Rayon Sports WFC yishimiye igitego mu buryo budasanzwe, ubwo batsindaga Youvia FC isanzwe ikina mu cyiciro cya mbere mu mukino wa gicuti, ibitego 3-0...
Imvura nyinshi yaguye mu mudugudu wa Gitaba,akagari ka Giko mu murenge wa Bushoki ho mu karere ka Rulindo yasenye inzu ya Iyakaremye Jean de Dieu w’imyaka 52,birangira ahasize ubuzima
Amakuru...
Inama ya Komisiyo y’imisifurire ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021 yiga ku myitwarire ya bamwe mu bayobozi b’imikino (abasifuzi n’abakomiseri) mu marushanwa...
Bamwe mu bakobwa babyariye iwabo incuro zirenze imwe bavuga ko nta mahitamo bari bafite, ngo bashakaga kubona indezo bagenerwa n’ababateye iza mbere. Bityo hari impuguke n’abashakashatsi basanga...