Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru idasanzwe y’inka yabyeye umutavu usa n’ingurube bituma ba nyirayo bibaza uko byayigendekeye cyane ko bidasanzwe bibaho.
Iyi nka yabyaye ifite amezi atanu...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 09/01/2020 saa mbili n’igice za mu gitondo (08h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Sekamana Aimable...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 09/01/2020 saa saba n’igice z’amanywa (13h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nsengiyumva Claude...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 15/11/2019 saa tatu n’igice (09h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nyamucahakomeye Fabien na...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 15/11/2019 saa tatu n’igice (09h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Katagaruka...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Ugushyingo 2019,umugabo witwa Ntigurirwa Amran yasanzwe yapfuye,umurambo we umanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu mu kayira kamanuka munsi y’isoko rya...
Myugariro Rutanga Eric yaraye asezeye ku bafana ba Rayon Sports bamubaye hafi mu myaka 2 yari ayimazemo yitwara neza cyane ko yari avuye mu ikipe ya APR FC yarasharirriwe n’intebe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 07/3/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara ku nshuro ya 2 umutungo utimukanwa ugizwe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatandatu taliki ya 09/3/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Rwajekare Jean Claude (Gahimba) iherereye mu...
Umforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo...
Ku itariki 12 z’uku kwezi Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ifite nimero ziyiranga UAK 785 B ipakiye litiro 495 za Kanyanga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru,...
Buturaga wari ufite imyaka 35 y’amavuko, yagwiriwe n’ikirombe maze yitaba Imana, ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Miyove mu karere...
• Assist clients and patients as needed to safely complete the transfer.
• Carry out daily checks before starting up the vehicle (oil level; water level;
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.
Ibaruwa y’ubwegure bwe...
Mu rukerera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Gicurasi 2021, inzego z’umutekano zataye muri yombi umugore w’imyaka 35 bikekwa ko yavuye mu Murenge wa Shangasha akajya kwica nyina mu Murenge wa...
Umugabo witwa Dushimumuremyi Frank utuye mu murenge wa Shangasha mu kagari ka Nyabubare yaciwe amande y’ibihumbi 200 FRW azira ko yaguze akagura inka ya Girinka nta cyemezo ahawe...
Umuyobozi w’Umudugudu wa Gashinge mu kagari ka Kamutora mu murenge wa Rushaki yicishijwe amabuye n’ ibyuma n’abantu bataramenyekana bakoresheje amabuye n’ibyuma. Umurambo we wabonetse saa kumi n’imwe...
Inshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu ruzinduko arimo muri Ethiopia aho yagiye aturutse mu Bufaransa, Umugi wa Kigali n’ akarere ka Ruhango...