Abakinnyi bavukana banditse izina rikomeye mu mukino wa Volleyball, Ndamukunda Flavier na Akumuntu Kavalo Patrick bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko nyina ubabyara yitabye...
Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza...
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu byahoze byambukiraho...
Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe (Rwanda Meteorological Agency) cyatangaje guhera mu kwezi gutaha kwa Nzeri kugera mu Kuboza uyu mwaka wa 2022, hari ibimenyetso bigaragaza ko imvura izagabanuka...
Umugabo witwa Hagenimana Theogene wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Mbuye mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza yashimuswe n’inzego z’umutekano i Burundi zimufatiye hakurya y’umugezi...
Ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Bucyibaruta Laurent rubera I Paris mu Bufaransa, inzobere mu by’ubuzima ntizihuza n’abamwunganira bavuga ko ataburana kubera...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga...
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko Mutabazi Yves byavugwaga ko yaburiwe irengero, yabonetse akaba ari Abu Dhabi.
Yakomeje ivuga ko atigeze agaragara kubera...
Mutabazi Yves ukinira Ikipe y’Igihugu ya Volleyball yaburiwe irengero muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yari asanzwe akinira ikipe ya Al Jazira SC.
Mu mwaka wa 2017, Ange wari ufite imyaka 17 yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, nibwo yamenyanye n’umusirikare Pte Hagenimana amutera inda. Nubwo yemera umwana we, ngo amufasha ari uko...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 25 Nyakanga 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abantu bashya 616 banduye icyorezo cya COVID-19, bangana na 5.4% by’ibipimo 11,339 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ni mu...
Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki...
Kuri uyu wa Gatandatu, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abarwayi bashya 49 ba COVID-19 mu Rwanda. Abakize ni 42 batumye abamaze gukira bagera ku 26,171 bangana na 96.1%.Abakirwaye...
Abakobwa batanu barangajwe imbere na Anne Marie Dushyirehamwe bahize bagenzi babo mu irushanwa rya Miss Global Beauty Rwanda 2021 mu cyiciro cya ‘Talent...