Uganda yanenze yivuye inyuma Amerika iherutse gutangaza ikurwaho rya VIZA ku bayobozi bayo,aho ivuga ko Leta ya Washington yagerageje gucengeza gahunda y’Ubutinganyi (LGBT) muri Afurika...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Umunya Argentina Lionel Messi yasabye umutoza w’ikipe ya FC Barcelona Ernesto Valverde ko yifuza ko bakwirukana abakinnyi 6 barimo abo baherutse kugura uyu mwaka mu rwego rwo kugira ngo iyi kipe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukwakira 2017 nibwo Miss Iradukunda Elsa w’imyaka 19 y’amavuko yageze mu gihugu cy’u Bushinwa aho yitabiriye amarushanwa y’ubwiza ya Miss World 2017....
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa w’imyaka 19 y’amavuko uri mu bahataniye ikamba rya Miss World 2017 akaba anahagarariye u Rwanda muri aya marushanwa y’ubwiza, ntiyagize amahirwe yo kwisanga...
Indege nini cyane kw’isi ishobora kugwa no kuguruka iva ku mazi yo mu Bushinwa ya AG600, yakoze urugendo rwayo rwa mbere rw’isaha yose.
Iyo ndege nini ishaka kungana na Boeing 747 ifise imoteri...
Umugabo witwa Marcio Mizael Matolias w’imyaka 44 y’amavuko amaze imyaka 22 yibera ku mucanga mu gace ko muri Brazil mu Karere ka Rio de Janeiro.Avuga ko yahisemo kuhaba bitewe n’uko yabuze...
Abataramakuru b’ibanga n’abaturage bo mu Bushinwa bavuga ko icyo gihugu kiri kubeshya amakuru, kivuga ko nta muntu ukiri kwandura icyorezo cya COVID-19, bavuze kandi ko abayobozi bategetse inganda...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru...
In Gabon, known for its geological diversity and wildlife, scientists have had the incredible surprise of discovering orange-colored crocodiles, unique in the world, living in the middle of bat...
Ikipe ya Juventus iherutse kugura kabuhariwe Cristiano Ronaldo ku kayabo ka miliyoni 85 z’amapawundi,yarahiriye kwisubiza Paul Pogba yarekuye akerekeza mu ikipe ya Manchester United aho ishaka...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Real Madrid yakoze ibishoboka byose kugira ngo ibuze umutoza Jose Mourinho kwerekeza muri Tottenham aho ngo yamuhaye miliyoni 12 z’amapawundi zo kuba ategereje ko...
Umuco wo kurya imbwa mu gihugu cy’Ubushinwa ni umuco wavutse mu myaka 400 ishize, nubwo nta muganga cyangwa umuyobozi wigeze wemeza ko bagomba kujya bazirya.
Iri serukiramuco ryo kurya imbwa...