Umukunzi wa Cristiano Ronaldo witwa Georgina Rodriguez yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera amafoto yashyize hanze yamamaza imyenda y’imbere...
Umuhanzi Safi Madiba yeruye avuga igihe aheruka kubonanira n’umugore we Judith avuga ko ari ko ari nabyo byabaye inkomoko y’amakuru yasakaye avuga ko yaba yaratandukanye n’umugore...
Rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko uyu mwaka ushobora kuzabera mwiza ikipe ye ya Arsenal kubera abakinnyi batandukanye yaguze mu isoko ryo kugura no kugurisha...
Umutoza mushya wa Chelsea Frank Lampard yavuze ko nubwo ikipe ye yatsindiwe kuri penaliti na Liverpool mu guhatanira igikombe cya Super Cup ariko abakinnyi be bose bitwaye neza by’umwihariko Mason...
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...
Umuhanzikazi Miley Cyrus wamamaye cyane mu njyana ya Pop muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, yamaze gutandukana n’umugabo we Liam Hemsworth nyuma y’amzi Icyenda yonyine bari bamaze bakoze ubukwe....
Uwahoze ari umugore wa Diamond Platnumz,Zari Hassan yabohotse atangaza byinshi ku mubano we na Diamond aho yavuze ko uyu muhanzi yamubabaje ndetse amwigisha isomo rikomeye ryo...
Umugabo witwa Clauvino da Silva uherutse gufatwa n’abarinzi ba gereza yigize nk’umukobwa ari gusohoka muri gereza, yapfuye bitunguranye nyuma yo gufatwa agasubizwa mu cyumba...
Umugabo witwa Marc Bott w’imyaka 35 yemeye ko umugore we Kim w’imyaka 32 abyarira umwana inshuti ye magara Paul Bullock wabwiwe n’abaganga ko atazongera kubyara kubera ubumuga bw’umugore...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane,imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu Karere ka Rubavu yafunzwe kubera icyorezo cya Ebola gikomeje guca ibintu mu mujyi wa...
Queen Cha amazina ye nyakuri ni Mugemana Yvonne. Ni mwene Mugemana Charles na Nyiraneza Adeline. Yavutse ku itariki ya 5 Kamena 1991, avuka mu cyahoze ari Perefegitura Gitarama, ubu atuye...
Abapasiteri 2 barimo uwo muri Kenya nuwo muri Afurika Y’Epfo bemeje ko bahuriye n’umwami Yesu mu nzira ari kugenda n’amaguru bahita bamutumira mu rusengero ngo aze yigishe...
Benshi bari bazi ko Lionel Messi ariwe mukinnyi Pep Guardiola yemera ko ari umuhanga kurusha abandi mubo yatoje bose gusa yatunguranye avuga ko umusore w’imyaka 19 Phil Foden atoza muri Manchester...
Abakinnyi ba Arsenal Mesut Ozil na Sead Kolasinac batezwe n’amabandi abiri yari yitwaje icyuma ku mugoroba wo ku munsi w’ejo,kubw’amahirwe ntihagira n’umwe ugiterwa kuko bahunze berekeza muri...
Robert Kyagulanyi wamamaye cyane muri muzika nka Bobi Wine akaba n’umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yiyemeje ko azahatana na Perezida Museveni mu matora ateganyijwe kuba mu...
Umuhire Solange uzwi ku mazina ya Liza Kamikazi, umuhanzikazi wamenyekanye cyane mu myaka ya 2010, avuga ko atareka umuziki, kuko yumva ufite igice kinini ku buzima bwe, cyane ko ari wo watumye...