Perezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora...
Abayobozi n’abanyeshuli ba kaminuza ya Christian University of Rwanda bibutse ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994,biyemeza kunga ubumwe mu guharanira ko itazongera kubaho...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe byiza cyane,yabashije kwivana mu nzara za AS Kigali yayiruhije bigaragara mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’Amahoro 2019,iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,Donald Trump,yasekeje benshi kubera ukuntu yiyemeye ku munyamakurukazi Elizabeth Jean Carroll wamushinje gushaka kumufata ku ngufu mu myaka ya 1990,avuga ko...
Rutahizamu Fernando Torres wubatse izina mu ikipe ya Liverpool no muri Atletico Madrid,yatangaje mu cyumweru gishize ko asezeye ku mupira w’amaguru gusa avuga ko nubwo yakinannye na Xavi,Iniesta...
Ikipe ya Uganda yeretse abakunzi ba ruhago koi maze gukura cyane mu mikinire kuko yegereye ikigugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya kongo igitsinda ibitego 2-0 mu gihe Uburundi bwagerageje...
Marcel Rutagarama, ni umunyamakuru wamenyekanye mu biganiro by’imikino kuri radio Rwanda no mu bindi biganiro kuri iyi Radio y’igihugu. Ijwi rye rimenyerewe na benshi cyane cyane urubyiruko. Mu...
Louise Victoire Nganyira, wamenyekanye cyane mu itangazamakuru kuri radiyo Rwanda, n’impanga ye Nganyira Louis Victor ni abana bavuka kuri Nganyira Augustin na Mukantagara Victoria wamenyekanye...
Cristiano Ronaldo yigiriye mu biruhuko we n’umuryango we, nyuma yo kubura ubutumire mu bukwe bwa myugariro Sergio Ramos bamaze imyaka icyenda bakinana mu kipe ya Real...
Rutahizamu wa Mukura VS,Ciza Hussein yavuze ko yavuganye n’ubuyobozi bwa Rayon Sports ariko atarayisinyira amasezerano nkuko byavuzwe cyane, kubera ko Mukura VS itaramuha urwandiko rumwemerera...
Umuhanzi akaba n’umuganga Dr Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close,we n’umufasha we Tricia biyemeje kurera umwana w’uruhinja watawe n’umubyeyi we ku muhanda i Nyagatare amaze ibyumweru 3...
Icyamamare mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya Ineos yahoze yitwa SKY,yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yigaga umuhanda yagombaga gucamo mu gusiganwa umuntu ku...
Ubuyobozi bwa NEM burabamenyeshako hari impinduka zabaye mu mikorere bitewe n’imirimo yiyongereye kuribo ndetse no gushaka gutunganya neza inshingano z’umuryango.
Umunya-Ethiopia Sosena Aseffa [Mehfire] uri mu buryohe bw’urukundo n’umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy amaze iminsi agaragaza ko ari mu byishimo byo kuba yarakunzwe n’uyu...
Mu Kagari ka Mwendo, mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, kuri iki Cyumweru habereye impanuka y’imodoka yaguye mu mugezi, ihitana abantu batandatu bari bayirimo bose...
Umugabo ukomoka mu Bwongereza amaze iminsi mu buribwe bukomeye kuko yakoze impanuka ari kuri moto imwe mu minsi ijyana amaraso mu bice by’umubiri iracika iyayobora mu gitsina cya kimara iminsi 9...
Uwahoze ari perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo we n’abandi bagenzi 393 barokotse impanuka y’indege yo mu bwoko bwa Boeing 777-300 ubwo yananirwaga kugwa ku kibuga cy’indege cya Murtala Mohammed...
Umuhanzi w’umunyarwanda Ngabo Medard wamamye mu muziki nka Meddy umwe mu bahanzi nyarwanda bakomeye uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’icyumweru gishize uyu muhanzi aherutse...
Umugore w’umusifuzi witwa Giulia Nicastro uzwi cyane mu Butaliyani kubera uburanga bwe budasanzwe ndetse no kuba akundana na rutahizamu wa Palermo witwa Stefano Moreo,yahohotewe n’umukinnyi...