Nirere Venantie, ni umukecuru w’imyaka 83 y’amavuko kuko yavutse mu 1936. Atuye mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango, ubu umuryango we ukaba ushimangira ko amerewe nabi bitewe n’ingaruka...
Umushumba wa kiliziya gatolika Papa Francis yogeje ibirenge imfungwa zifungiwe muri gereza yo mu gace kitwa Velletri mu Butaliyani ndetse arabisoma kuwa Kane w’iki...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal witwa Nacho Monreal yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yaraye avuye mu kibuga mu mukino iyi kipe ye yahuraga na Napoli muri UEFA Europa League,ajya mu...
Ivanka umukobwa wa Perezida Donald Trump akaba n’umujyanama we, uri mu rugendo rw’iminsi ine mu bihugu bya Afurika, yatangaje abantu ubwo yagaragazaga ko azi gucinya akadiho...
Ikipe ya Ajax Amsterdam ikoze ibyo benshi batakekaga isezerera Juventus ya Cristiano Ronaldo iyitsinze ibitego 2-1, mu mukino wo kwishyura, mu gihe FC Barcelona yanyagiye Manchester United...
Hashize ukwezi havugwa amakuru y’urukundo ruri hagati ya rutahizamu wa Rayon Sports, Umunya-Ghana Michael Sarpong, ndetse n’umuhanzikazi uririmba injyana ya Dancehall Mukasine Asinah abenshi bazi...
Umukobwa witwa Sydney Paige Monfries yahanutse ku gasongero k’inyubako ndende cyane ya kaminuza ya Fordham University ubwo yahuriraga agiye kwifatira selfie aho umujyi wa New York ugaragara...
Abakunzi ba ruhago muri Kenya bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amafoto y’abakinnyi babo baryamye hasi kuri sima ku kibuga cy’ indege,I Doha muri Qatar,ubwo bari bagiye gukina na RS...
Umukobwa w’imyaka 24 witwa Joan Munene wiga muri kaminuza ya Kenyatta University yatangaje ko afite inda y’ibyumweru 4 ya visi perezida wa Kenya,William Ruto,ariko ngo uyu mugabo yaramwihakanye...
Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis,yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yasomaga inkwero za perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo n’inyeshyamba batavuga rumwe Riek Machar nyuma yo kurangiza...
Umunya Australia witwa Sarah Stevenson yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa You Tube ari kubyara mu rwego rwo gushaka...
Junior Multisystem wamamaye mu Rwanda mu gutanganya amajwi y’indirimbo zabahanzi bakomeye ndetse nabamwe mu bahanzi ba Uganda harimo nka Ragga Dee, yakoze muri studio zitandukanye hano mu Rwanda...
Mu gihe abantu benshi bakizera ko urukundo ari impumyi kuko bagenda babona benshi bajya mu rukundo nyamara bigaragara ko batakabaye baruhuriramo bitewe n’ibintu byinshi baba badahuje,ibi byongeye...
Umutoza Mashami Vincent yatangaje ko Amavubi yabuze itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kubera ko yananiwe kubyaza umusaruro imikino yo mu rugo,imitegurire mibi ndetse n’urwego rwa...
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho yatangaje ko nta hantu ahuriye na Maurizio pochettino ndetse na Jurgen Klopp kuko ngo yatwaye ibikombe byinshi ahantu hatandukanye ariko bo...
Louise Mushikiwabo,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF. i Kinshasa yakiriwe na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix...
Ikipe ya AS Vita Club yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yananiwe kwakira gutsindwa na Simba SC yo muri Tanzania, ishinja kuba yarayiroze ubwo bahuriraga mu mukino wa nyuma w’itsinda...