Umugabo utamenyekanye amazina ari guca ibintu mu Bwongereza kubera amashusho yafashwe ari kwiba umupira abafana ba Leicester City basize bari kwibuka umuherwe wari waraguze ikipe yabo Vichai...
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...
Ku cyumweru tariki ya 26/05/2019 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro habereye umuhango wo kwibuka abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego...
Minisiteri ya Siporo yavuze ko ikipe y’igihugu Amavubi izitabira irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu ariko bikazakorwa ari uko CAF yemeye ko habaho igikorwa cyo kuzirikana...
Thierry Henry, umutoza w’ikipe ya Montreal Impact akaba n’icyamamare mu mupira, yapfukimishije ivi rimwe n’akaboko hejuru mu gihe cy’iminota 8:46 mbere y’umukino wo gusubukura shampiyona ya Major...
Kuwa gatanu ku cyicaro cy’umuryango w’afurika y’iburasirazuba habaye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi,aho Dr Peter Muthuki umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango yavuze ko bikwiriye...
Umukuru w’Igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024, aho yitabiriye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside...
Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari umuburo ku isi yose kuko nta hantu itashoboka gusa yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe...
Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside...
Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, yasabye urubyiruko kuzirikana ibyo u Rwanda rwagezeho mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge n’ubudaheranwa no guharanira ko nta waruca mu jisho ngo...
Mu gihe Abanyarwanda bose bari mu gihe cyo kwibuka kunshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, Abahanzi mu mpano zabo nabo bakomeje kugenda bagira ubutumwa batanga bukomeza...
Kimwe no bindi bice bitandukanye by’ Isi tariki ya 7 Mata 2017, mu gihugu cy’ u Bufaransa hatangijwe ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Miss Akiwacu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mundirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, ndetse nizindi zokwibuka Genocide yakorewe abatutsi...
Mu gihe Abanyarwanda bari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,Ikinyamakuru Umuryango.rw cyiyemeje gusangiza abakunzi b’imikino uko yagiye ikoreshwa mu kubiba inzangano...
Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mata 2019,Urwego rw’ Igihugu rw’ Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko mu minsi ine ishize kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi bitangiye abantu 39 bamaze...
Jacqueline Ntuyabaliwe Mengi yanditse ubutumwa bwuzuye amarangamutima ku munsi wo kwibuka umugabo we, nyakwigendera w’umuherwe Reginald Mengi, witabye Imana ku ya 2 Gicurasi 2019, avuga ko we...
Mu kiganiro twagiranye n’abakinnyi ba filime barimo Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge na Kalisa Ernest uzwi nka Samusure bagize ubutumwa batanga ku rubyiruko no ku banyarwanda bose muri...