Umugabo ukomoka mu Bwongereza amaze iminsi mu buribwe bukomeye kuko yakoze impanuka ari kuri moto imwe mu minsi ijyana amaraso mu bice by’umubiri iracika iyayobora mu gitsina cya kimara iminsi 9...
Rutahizamu Lionel Messi wa FC Barcelona yatangaje ko gutsindwa na Liverpool muri ½ cya UEFA Champions League ari kimwe mu bintu bibi yahuye nabyo mu mupira w’amaguru ndetse avuga ko we na bagenzi...
Umukobwa w’imyaka 24 witwa Joan Munene wiga muri kaminuza ya Kenyatta University yatangaje ko afite inda y’ibyumweru 4 ya visi perezida wa Kenya,William Ruto,ariko ngo uyu mugabo yaramwihakanye...
Umurambo w’Umusore witwa Rwamuningi w’imyaka 27 wabonetse ahagana saa moya z’igitondo mu gitondo cyo kuri uyu wa kane mu kagari ka Ruhango mu murenge wa Gisozi ho mu karere ka Gasabo mu mujyi wa...
Umunya Malawi witwa Lazaro Banda yishe umwana we w’umukobwa w’amezi 4,amuhoye ko yarize cyane ubwo yarimo atera akabariro n’umugore we bigatuma igikorwa...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Dr. Alvera Mukabaramba yagaragaje ko ashyigikiye Mwiseneza Josiane wigaruriye imitima ya benshi mu...
Umunyamategeko ukorera mu mujyi wa Kampala Wilbert Muhereza yajyanywe mu bitaro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ugushyingo 2018, nyuma yo kuraswa n’ umupolisi washyiraga amasasu mu...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika , mu mujyi wa Missouri umugore w’imyaka 76 y’amavuko yabonye umwana we w’umukobwa akiri muzima , nyuma y’uko kwa muganga bamubwiye ko umwana we yapfuye akimara...
Muri Brazil,Umwana w’uruhinja yavutse mu buryo bw’igitangaza nyuma y’aho nyina wari umutwite yari mu ikamyo yakoze impanuka ikomeye, yatumye uru ruhinja ruhita rusohoka mu nda ye ari...
Umugabo witwa Ronald Huff wahoze mu ngabo z’Ubwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo yareraga ibiserebanya binini (lizards) 7 byarangiza bikamwivugana ubwo yari mu rugo iwe.
Iki kinyamaswa kiri mu...
Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru Uncle Austin biravugwa ko yamaze gutandukana n’ uwari umugore we Mwiza Joannah bari bafitanye umwana umwe .
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 20...
Prezida wa Tanzaniya Pombe Magufuli yasabye inzego z’umutekano gukurikirana byihariye abishe barashe mu mutwe umunyeshuli wa Kaminuza Akwilina Akwilini ku wa Gatanu w’icyumweru dusoje.
Abinyujije...
Umusore witwa Gordon Ogada ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru byo hirya no hino kubera amahirwe yagize mu mikino y’amahirwe akarya sosiyete ya Sportpesa akayabo ka miliyoni 230 z’amashilingi ya...
Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tariki ya 28 Ukwakira ni umunsi udasanzwe mu muryango wa Tom Close kuko aribwo yizihiza isabukuru y’amavuko amaze...