Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
Umuhakanzika mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatunze urutoki itangazamakuru ryakomeje kwandika no gusesengura umubano wihariye yari afitanye n’umugabo we, ngo iteka...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yavuze ko umukobwa uvuga ko yamukubitiye muri hoteli mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo ari we wamubanje ashaka kumutera icyuma, hanyuma...
Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tom Close na Tricia Ange; barizihiza ivuka ry’umukobwa wabo Ella akaba n’imfura, kuri bo bavuga ko yasendereje...
CIP André Hakizimana, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo
Mu kagari ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange ho mu karere ka Muhanga hatoraguwe umurambo w’ umugabo uri mu kigero cy’ imyaka 30....
Kimwe no bindi bice bitandukanye by’ Isi tariki ya 7 Mata 2017, mu gihugu cy’ u Bufaransa hatangijwe ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Miss Akiwacu...
Umuhanzi Tom Close yagaragaje ko we n’umugore we Tricia vuba aha biteguye kwakira undi umwana wabo wa Kabiri.
Tom Close wamenyekaniye mu ndirimbo zitandukanye nka Mbwira Yego, Ndacyagukunda,...
Hagaragaraye ifoto ya telefone ngendanwa ihongotseho yatabaye ubuzima bw’ umwe mu bagore bari ahabereye igitero cy’ ubwiyahuzi mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza.
Uyu mugore Lisa Bridgett kuri...
Ku Isi, akazi ko kumurika imideli ni kamwe mu mirimo yiganjemo abagore cyane ku Isi, ni umwe mu mirimo itavunanye kandi ihemba amafaranga atari makkuko amasosiyete menshi y’acuruza ibijyanye...
Muri 2014 ni bwo Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse imfura yabo. Nyuma y’imyaka itatu ishize uyu muryango wungutse imfura yabo,kuri ubu yaba Tom Close ndetse n’umugore we...
Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...