Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi mu buryo bw’amajwi Junior Multisystem yatangaje ko adateze kuva mu muziki nubwo yaciwe ukuboko n’impanuka ikomeye yagize kuwa 30 Werurwe...
Umuhanzi Nyarwanda Vaga Vybz wamenyekaniye mu njyana ya Dancehall yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yakoranye n’umuhanzikazi wo muri Uganda uzwi nka...
Umuhanzi Dusingizimana Clebert Nelly ukoresha amazina ya Nelly Kelba mu muziki yakoze indirimbo y’urukundo yakomoye ku munezero uba hagati y’umukwe n’umugeni ku munsi w’ubukwe...
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi ku mazina ya Diamond Platnumz wamamaye mu muziki wa Bongo Fleva muri Tanzania, yavuze ko akunda cyane umuhanzi w’Umugande Jose Chameleone ndetse ko anifuza...
Umuhanzi uri kuzamuka neza muri Muzika nyarwanda, Nelly Kelba, yahuje imbaraga na MC Tino wubatse izina, basubiramo indirimbo yitwa “Uzaperereze” basohoranye n’amashusho yakozwe na Fab Lab mu gihe...
Umuraperikazi wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Onika Tanya Maraj-Petty wamenyekanye ku izina rye ryo ku rubyiniro nka Nicki Minaj agiye gukorana na nyina umubyara indirimbo ihimbaza...
Umuhanzi ukomeye muri Tanzania Rajab Abdul Kahali wamamaye muri muzika nka Harmonize, yahanagujwe kuri You Tube indirimbo ye nshya yise “ UNO” nyuma yo gushinjwa gushishura injyana...
NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi...
Umuhanzi Juno Juno Kizigenza yasohoye amashusho y’indirimbo “ Birenze iri kuri Album ye , akaba igaragaramo Ariel Wayz bivugwa ko ari umukunzi we , muri aya mashusho bakaba bagaragaye basomana...
Umuraperi Munyurangabo Steven uzwi cyane mu muziki nka Siti True Karigombe yashyize hanze indirimbo "Ipikipiki"yakoranye na Hope Irakoze,yabaye iya mbere ku zizajya kuri Album ye ateganya...
Umuhanzi ukunzwe na benshi ukomoka mu Gihugu cya Nigeria wamamaye nka Kizz Daniel yahishuye ko yifuza kuririmba indirimbo ye ’Buga’ mu gikombe cy’Isi kizabera muri...
Umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko indirimbo ze zidakwiriye kugirwa urwitwazo rwo kuvuga ko zirimo ibishegu bityo bikaba bituma zishora urubyiruko mu ngeso zirimo ubusambanyi.
Ni ibintu...
Umuhanzi Diplomat Nuru Fasasi ukundwa na benshi cyane kubera ubutumwa ashyira mu njyana ya Hip Hop,yavuze ko yahisemo kwita izina ry’indirimbo ye nshya ’icyuki gikaze’kugira ngo akurure urubyiruko...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mu ndirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, n’ izindi zo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...