Umuhanzi Yvan Muziki yategetswe na The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben uri kubarizwa mu gihugu cya Tanzania , aho ari gukora kuri album ye gatatu, agiye gukorana indirimbo n’ikimamare muri muzika muri Africa...
Umuhanzi Clement Mutabazi washyize hanze indirimbo ye ya mbere yise "KIBAMBA" nyuma yo kwinjira ku isoko ry’umuziki.
Uyu muhanzi wakuriye mu muryango w’abaririmbyi n’abanyamuziki,yabwiye UMURYANGO...
Zizou Alpacino yasohoye indirimbo Lale yaririmbwemo na Social Mula iyi ikaba ikomoza ku nkuru y’umusore wahemukiwe n’inkumi bari bamaze imyaka itanu bakundana.
Umuhanzi Juno Kizigenza uri mubahanzi bagezweho muri iyi minsi yavuze ukuri k’umubano we na Ariel avuga ko ari umuntu usobanuye ikintu kigari k’ubuzima bwe anavuga ko indirimbo aherutse gusohora...
Umuhanzikazi ukomoka mu Gihugu cya Nigeria Temilade Openiyi wamamaye nka @temsbaby yabaye umuhanzi wa mbere muri Afurika ugeze ku mwanya wa mbere w’indirimbo zikunzwe muri USA ku rutonde rwa...
Umuhanzi uri mu bagezweho muri Tanzania wamamaye nka Rayvanny akomeje guhura n’imbogamizi nyinshi kuva yatandukana n’inzu ya Wasaf ireberera inyungu z’abahanzi iyobowe n’umuhanzi mugenzi we Diamond...
Umuraperi Siti True Karigombe yisunze mugenzi we The Major wo mu itsinda rya Symphony,bakorana indirimbo yitwa "Anick",ibyinitse cyane ariko irimo ubutumwa bufasha abasore uko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 29, Junior Giti, ushinzwe kurerebera inyungu z’umuhanzi Chris Eazy,yahishuye ko hari umuntu wiyitiriye indirimbo Jugumila bituma isibwa kuri You...
Umuhanzi Theogene Uwiringiyimana wamamaye nka Theo Bosebabireba mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yahimbye indirimbo yise ‘‘Gerayo Amahoro’’ yahimbiye Polisi y’u Rwanda (RNP) mu rwego rwo...
Nameless Campos watunganyije amashusho y’indirimbo Ziada ya Ama-G The Black na Urban Boyz akanatunganya Vimba Vimba ya 3 Hills aragaya bikomeye Producer Ma-Riva ku mitunganyirize y’indirimbo....
Leta ya Nigeria yahagaritse zimwe mu ndirimbo ziri guca ibintu muri iyi minsi ku mugabane wa Africa z’abahanzi nka Davido, Olamide na 9ice, izishinjwa gusakaza umuco w’ubusambanyi, kwigisha abantu...
David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...
Myugariro w’ikipe ya Real Madrid akaba na kapiteni wayo Sergio Ramos yasohoye indirimbo ya Hip Hop yitwa “SR4”ku wa Gatanu w’iki Cyumweru yibanda ku bigwig bye nk’umukinnyi wa...