Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...
Depite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 24 Nzeri 2020, nibwo habaye umuhango wo Kwita izina abana 24 b’ingagi ku nshuro ya 06 witabiriwe n’abakinnyi 3 b’ikipe ya Arsenal.
Perezida Kagame Paul witabiriye umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wabereye mu kinigi mu karere ka Musanze, yavuze inkuru y’uburyo yari kumwe n’abashyitsi mu myaka 14 ishize bagiye kureba...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 1 Nzeri 2023, Isi yose yerekeje amaso mu Kinigi mu Karere ka Musanze ahabereye igikorwa ngarukamwaka cyo kwita Izina abana b’ingagi cyitabiriwe na bamwe mu byamamare...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa...
Innocent yavuze ko iyi foto bayifatiye muri Pariki ya Virunga ,Ngo izi ngagi ni imfubyi zo muri pariki ya Virunga National Park muri Kongo, aho izi ngagi zarerewe nyuma yaho ababyeyi bazo biciwe...
Dr Frank Habineza, yashyize mu majwi uwamututse akanamugeranya n’ingagi akanavuga ko akwiriye kuba Perezida wazo. Uyu mugabo yasabye Leta y’u Rwanda gukurikirana iki kibazo mu maguru mashya....
Hirya no hino ku nkuta z’abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda hakomeje gukwirarakwira ifoto y’ingagi iri mu mirima y’abantu bituma bamwe batekereza ko hari iyavuye mu birunga ikaza mu...
Ingagi ni zimwe mu nyamaswa zifashwe neza mu Rwanda kandi si ibya vuba. Muri iki gihe hiyongereyeho ko buri mwaka haba umuhango wo guha amazina Ingagi ziba zavutse. Ese uyu muhango urashoboka no...
Ishuri ryitwa Roeper School ryafunzwe nyuma y’uko amakuru amenyekanye ko ryateguye ikizamini ku banyeshuri kigereranya uwahoze ari Perezida wa Amerika Barack Obama...
Icyamamare muri sinema ya USA,Bellamy Young wakinnye muri serie ya Scandal ari umugore wa perezida,yavuze ko yakunze u Rwanda kubera ingagi yahuye nazo kuwa 01 Mutarama...