Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, wari uherutse kurushingana na mukuru wa Yvan Buravan, yitabye Imana ubwo yari arimo kubyara mu rucyerera rw’uyu wa Kabiri tariki 30...
Umugore ukomoka muri Mali, Hawa Dème, ari mu byishimo byo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, ni nyuma yo kugeza icyifuzo cye kuri Perezida Kagame ubwo yari muri Rwanda Day ya 2017 yabereye mu...
Umuhanzikazi Ingabire Sunlight benshi bazi nka Sunny yaguye gitumo Bruce Melodie na Nameless Campos bari muri Hotel,abatwara amatelefoni yabo,nyuma yo kubishyura amadolari ya US asaga ibihumbi...
Mu gihe Abanyarwanda bari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,Ikinyamakuru Umuryango.rw cyiyemeje gusangiza abakunzi b’imikino uko yagiye ikoreshwa mu kubiba inzangano...
Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko Perezida Museveni yahungabanyijwe n’itorero ry’urubyiruko rw’abanyeshuri b’Abanyarwanda baba mu mahanga ribera mu Rwanda,avuga ko ari...
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 29 Werurwe 2019,umusore uzwi nka Gatete yapfiriye mu gitaramo cya Silent Disco cyabereye ku gasongero k’inyubako ya Remera Corner mu mujyi wa...
Umuhanzikazi Marina Deborah yarakariye bikomeye inzu ya Kina Music yamukuye ku rubyiniro nabi,ashinjwa imyitwarire mibi y’urukozasoni mu gitaramo cya Tour du Rwanda yakoreye I Musanze...
Bruce Melodie umwe mu bahanzi nyarwanda barimbimba mu njyana ya Rnb na Pop bakunzwe cyane mu Rwanda , kuri St Valentin yagaragarije abamukurikirana uko afata umugore...
Ikipe yo mu Burundi yitwa Les Jeunes Athletiques Fc yamaze kwandikira FERWAFA iyimenyesha byinshi mu bikubiye mu masezerano yagiranye na Sunrise FC mbere y’uko iyitiza rutahizamu Jules Ulimwengu...
Mu muhango wo kwishimira igikombe cy’Intwari 2019 baheruka gutwara batsinze Rayon Sports tariki ya 1 Gashyantare 2019, visi perezida wa APR FC, Gen.Mubaraka Muganga ,yavuze ko abakinnyi bahoze...
Uko bwije n’uko bukeye hamenyekana umukobwa usezererwa mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 aho abakobwa 20 bari bajyanywe mu mwiherero hasigaye 18 ndetse abandi 3 nabo bakaba bari mu nzira ibasubiza...
Ndayitegeye Aaron yasezeranye imbere y’Imana na Mukeshimana Josée bahamije isezerano ry’umubano wabo imbere y’Imana mu rusengero rwa ADEPR Paruwasi ya Taba mu Karere ka Huye, ubukwe bwabo...
Ijonjora ry’ibanze ry’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ryakomereje mu Ntara y’Amajyepfo mu mujyi wa Huye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukuboza...