Hadutse imirwano mu nteko ishingamategeko ya Hong Kong kuri uyu wa gatandatu ubwo abadepite bajyaga impaka ku mpinduka ziteganyijwe gukorwa ku itegeko rigatuma abacyekwaho ibyaha boherezwa mu...
Étienne Tshisekedi wa Mulumba wabaye umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’ igihe kirekire akaba na se wa Perezida , Felix Tshisekedi, byemejwe ko...
Mu biganiro byabereye mu Inteko Ishinga Ametegeko taliki 21/6/2019 byahuje inzego zirebana na gahunda yo kuboneza urubyaro, icyo gihe Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye abari bayitabiriye...
Umuhungu ndetse akaba n’umujyanama mu bya gisirikare wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ntiyishimiye inkuru yasohowe n’igitangazamakuru cya Leta ya Uganda, The New Vision, ivuga ko...
Amazina ye ni Ngundu mu rurimi rw’ikigande,mu kinyarwanda rikaba risobanuye ’Mpfizi’ afite imyaka 50,akaba ari umunyarwanda wavukiye muri Uganda,aho umubyeyi we umwe ari Umunyarwanda undi nawe akaba...
Umuhanzikazi uri mu byamamare ku isi, Taylor Swift avuga ko ibyo Perezida Donald Trump yandika kuri Twitter muri iki gihe asanga ntaho bitandukaniye no kuba rutwitsi. Swift avuga ko Trump yita...
Mu bayobozi ba Komine batowe mu gihugu cy’u Burundi hatunguranyemo umukobwa ukiri muto w’imyaka 26 y’amavuko watorewe kuyobora komini Giharo iri mu ntara ya Rutana,Uyu akaba yaravutse mu mwaka wa...
Umupolisi wo ntara ya Kayanza mu Majyaruguru y’Uburundi yarashe mugenzi we ku manywa y’ihangu aramwica amuhoye kurya ruswa y’ibihumbi 5000 FBU arangije ahita aburirwa...
Ku wa 25 Ukwakira 2020, nibwo inkuru nziza yatashye I Rwanda y’uko Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda,...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yashyize hanze ubutumwa abunyujije kuri Twitter ye, aho yongeye gushimagiza no kuvuga imyato nyakwigendera Maj Gen Fred Gisa Rwigema agaragaza ko yari igihangange kandi...
Icyamamare mu bya sinema akaba abarizwa no muri politike Arnold Schwazenegger yanenze bikomeye perezida Donald Trump ucyuye igihe aho yatangaje ko ariwe perezida wabayeho mubi iki gihugu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 13 Mutarama 2021,abantu 3 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 128 mu gihe abanduye bo...
Mu gihe habura iminsi mike ngo Joe Biden afate inshingano zo kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, inzego z’umutekano z’iki gihugu zakajije uburinzi kugera n’aho bamwe mu bazigize baryama hasi mu...
Nyuma y’amasaha make Joe Biden arahiye,Joe Biden yahise yerekeza muri White House asanga uwari Perezida Donald Trump yamwandikiye ibaruwa yatangaje ko iyo baruwa yari yuzuye ubuntu...