Umuraperi Ama G The Black wari umaze igihe adakora indirimbo yateguje iyo yise ‘Ubugoryi Bwanjye’ anatangiza urugamba rweruye ku bakora indirimbo zitwa iz’Ibishegu anikoma by’umwihariko Bruce Melody...
Urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko umushinga wa guverinoma wo kuvugurura itegekonshinga udakwiye, udakurikije amategeko kandi unyuranyije n’itegekonshinga.
Kuri iki cyumweru, abasirikare bakomeye muri Guinea Conakry, batangarije mu kiganiro gito cyaciye kuri televiziyo y’igihugu ko basheshe itegeko nshinga ndetse bahirika ku butegetsi Perezida Alpha...
Aba Taliban bavuze ko barasanye n’abagabo bashinjwa gushimuta abantu, bakabica, hanyuma bamanika imirambo mu bice bihuriramo abantu benshi mu mujyi wa Herat.
Iki gikorwa giteye ubwoba cyo...
Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Ubuyobozi buvuga ko bubasabira inkunga y’ibiribwa, ngo...
Perezida wa Reta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden yabwiye mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuri terefone kuri iki cyumweru ko Amerika hamwe n’inshuti zayo bazakora ikintu gikomeye igihe...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Ubusanzwe abaturage bo mu karere ka Rusizi cyane abaturiye umupaka, usanga ubuzima bwabo bushingiye ahanini ku bucuruzi bwambukiranya umupaka ubahuza na DR...
Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya...
Duherukana ubwo Papa yavugaga ati: “Erega ntimubaririze aho yaraye, yaraye mu kinani atinya gutaha kuko yari azi ko twarangije kumenya ko yashatse gushuka umwana wa mwarimu biganaga ngo...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko isi ishobora kuba iri mu kaga katari kabaho kuva intambara ya kibiri y’isi yose yarangira.
Ibi yabivuze mu ijambo rirerire yavuze ku wa...
Perezida Kagame yavuze ko biteye isoni kuba igihugu cya RDC gikomeza gushyira u Rwanda mu majwi ko arirwo nyirabayazana w’umutekano muke mu burasirazuba bwacyo aho yashimangiye ko niba hari umuntu...
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,yavuze ko Leta ya Kongo ikwiriye kwicara ku meza ikaganira n’umutwe wa M23 wongeye gutangiza intambara muri Gicurasi uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Weururwe 2023,nibwo Paul Rusesabagina wari wahamijwe ibyaha by’iterabwoba agakatirwa imyaka 25 yafunguwe muri Gereza ya Mageragere yari afungiyemo,...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...