Perezida mushya wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasezeranyije ko "impinduka yimbitse" hamwe n’"ubusugire bwinshi kurushaho" ari bimwe mu by’ingenzi ashyize imbere, ubwo yarahiraga ku wa...
Perezida Ndayishimiye yumvikanye abwira uru rubyiruko ko abaturage bo mu Karere babanye neza, ko ikibazo ari abo yise abayobozi babi ndetse yemeza ko urugamba barimo bazarukomeza kugeza abaturage...
Ministeri y’ingabo y’Ubwongereza mu cyegeranyo isohora buri munsi gikubiyemo amakuru y’ubutasi ku ntambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya, ejo ku cyumweru yatangaje ko Uburusiya bumaze igihe...
Mu mwaka wa 2017, nibwo Claire Akamanzi yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere RDB, asimbuye Francis GATARE wari wahawe ikigo gishinzwe Ubucukuzi, Petrol na Gas (RWANDA MINES, PETROLEUM...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin...
Buri tariki ya 4 Nyakanga, Abanyarwanda bizihiza isabukuru yo kwibohora bazirikana ubutwari bw’ingabo za RPA zari iza FPR-Inkotanyi, ziyemeje gufata intwaro zikarwanya leta yakoraga Jenoside...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye kuri uyu wa Gatandatu, yarahiriye ’guhana’ umukuru w’abacanshuro ba Wagner nyuma yo...
Urukiko rushinzwe gukemura Impaka mu matora ya Perezida muri Nigeria, ku wa Mbere rwatangiye kumva ubujurire bw’abakandida bari bahanganye na Bola Tinubu watangajwe nka Perezida mushya w’icyo...
Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF) zaburijemo igitero cyari kibasiye abaturage b’i Kibumba.
Ni igitero cy’abitwaje...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Weururwe 2023,nibwo Paul Rusesabagina wari wahamijwe ibyaha by’iterabwoba agakatirwa imyaka 25 yafunguwe muri Gereza ya Mageragere yari afungiyemo,...
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,yavuze ko Leta ya Kongo ikwiriye kwicara ku meza ikaganira n’umutwe wa M23 wongeye gutangiza intambara muri Gicurasi uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye...
Perezida Kagame yavuze ko biteye isoni kuba igihugu cya RDC gikomeza gushyira u Rwanda mu majwi ko arirwo nyirabayazana w’umutekano muke mu burasirazuba bwacyo aho yashimangiye ko niba hari umuntu...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko isi ishobora kuba iri mu kaga katari kabaho kuva intambara ya kibiri y’isi yose yarangira.
Ibi yabivuze mu ijambo rirerire yavuze ku wa...
Duherukana ubwo Papa yavugaga ati: “Erega ntimubaririze aho yaraye, yaraye mu kinani atinya gutaha kuko yari azi ko twarangije kumenya ko yashatse gushuka umwana wa mwarimu biganaga ngo...