Umuyobozi Mukuru wa RIB,Jeannot Ruhunga yavuze ko yamenye amakuru y’uko mu mukino w’amagare wa Tour du Rwanda havugwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, bityo bagiye...
Mu kabari kamwe ko mu gasantere ka Cyanza mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango habereye imvururu zahuje abafana ba APR FC n’aba Rayon Sports birangira umuntu umwe ahasize...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki gihugu cyatera Ukraine mu mwaka ushize, ndetse byitezwe ko agirana ibiganiro na Perezida w’Uburusiya...
Abadepite b’ igihugu cya Iran batwikiye mu nteko kuri uyu wa 9 Gicurasi ibendera rya Leta zunze ubumwe za Amerika baririmba ngo urupfu kuri Amerika’ ‘death to...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Kanama uyu mwaka, Umunyarwanda ukinira ikipe y’igihugu Amavubi Iranzi Jean Claude n’Umunya-Uganda wakiniye Rayon Sports, Davis Kasirye basinyiye ikipe ya Zesco...
Polisi irimo gukora iperereza ku ikoreshwa nabi ry’ububasha mu gusoresha aho abakozi bamwe bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro bakoranye na bamwe mu bashaka kuyinyereza.
Mu kiganiro...
Polisi mu karere ka Gasabo ifungiye kuri Sitasiyo ya Remera abagabo batatu bakekwaho ubufatanyacyaha mu gukora no kugurisha ibyemezo by’ibyiganano by’isuzuma ry’ubuziranenge bw’imodoka
Abafungiwe...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko yishimiye kuba umukinnyi Iranzi Jean Claude yagarutse muri APR FC aho yavuze ko ubunararibonye bwe yari ubukeneye mu ikipe ye izahagararira u...
Umufana w’ikipe ya Manchester City witwa Amani Stanley ukomoka muri Tanzania,yateeze na mugenzi we ufana Manchester United ko azamuha umugore we akamumarana icyumweru mu gihe Manchester City yaba...
Umunyamerika Steven Weber ukomoka muri Louisiana, yarohamye mu mazi ubwo yari mu biruhuko muri Tanzania hamwe n’umukunzi we arimo kumusaba ko bashyingiranwa, mu cyumba bari bacumbitsemo kiri munsi...
Abafana ba Napoli binginze umunyamakurukazi w’imikino witwa Diletta Leotta ko yakuramo umupira yari yambaye ubwo yambukiranyaga ikibuga cya San Paolo iyi kipe...
Umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko aracyekwaho kwica se umubyara amukubise umuhini mu mutwe mu mudugu wa Gakenkeri B mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Ukuboza 2019,Nyakubahwa perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kumurika ikirango cy’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball ya...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 8 Mutarama 2020, Indege ya Boeing 737 yari irimo abantu 170 yahiriye mu majyepfo ya Tehran, nyuma y’amasaha make Iran irashe ku birindiro by’ingaboza...
Uwateguye igitaramo "Ikirenga Mu Bahanzi" cyagombaga kuba ku cyumweru kigasubikwa,Kayiranga Melchior yabwiye BBC ko hakoreshejwe miliyoni 30 FRW mu kugitegura utabariyemo imbaraga...
Minisitiri Stella Ford Mugabo avuga ko ahora yumva itangazamakuru rihamya ko hari ibifi binini binyereza umutungo wa Leta bidakurikiranwa, akibaza impamvu nta mumyamakuru n’umwe uragira igifi...
Koreya ya ruguru itigeze yerekana ibisasu bya misile byambukiranya imigabane mu karasisi ka gisirikare ko kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’iki gihugu.
Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere muri Kaminuza yigisaha iby’ubuhinzi n’amashyamba bagaburiwe amazirantoki ndetse babategeka no kunyara bakanywa ku ngufu mu muhango wo...
Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...