Polisi ikorera mu mujyi wa Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzaniya, kuri uyu wa 8 Werurwe 2017, yataye muri yombi Vanessa Mdee ukurikiranyweho gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge.
Aman Tenga,...
Umuhanzikazi Mutoni Fille wo mu gihugu cya Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, atangaza ko umugabo we amuzi neza kurusha abandi bose ngo ni umubeshyi kabuhariwe udashobora gusubiramo ibyo yavuze....
Kwizera Pierrot avuga ko kuba bafite Kone na Camara bakomoka hariya muri Mali bababwiye uburyo ikipe ya Onze Créateurs ikina ukongeraho inama z’umutoza Masudi Djuma yabahaye, bizeye kuzakura...
Ikipe y’igihugu ya Basketball irahaguruka mu Rwanda kuri iki gicamunsi yerekeza mu Misiri gukina imikino y’akarere ka 5.
Saa 1:20 nibwo abasore bayobowe na Moise Mutokambali bari buhaguruke mu...
Iminota 90 y’umukino wongeyeho 4 y’inyongera irangiye ikipe ya APR FC inaniwe kubona amanota 3 imbere ya Kirehe FC ku umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda.
Hari mu umukino w’umunsi wa...
Umukino ubanza wa CAF Confederation Cup wa 1/16 wahuza Onze Créateurs yo muri Mali na Rayon Sports yo Mu Rwanda urangiye ku intsinzi ya Onze Créateurs y’igitego 1 ku busa bwa Rayon Sports.
Hari mu...
Museruka Theoneste, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, wo mu Karere ka Nyaruguru, yakuwe mu ruzi rw’Akagera yapfuye bigaragara ko yashinyaguriwe n’abantu bataramenyekana.
Museruka w’imyaka 36...
Nyuma y’imyaka igera ku icumi hatangijwe gahunda yo guca nyakasi ndetse muri 2012 bigatangazwa ku mugararago ko nyakatsi yarandutse ndetse imiryango yari iyituyemo ikaba iba mu mabati cyangwa...
Abafite uburiro n’utubari mu gace ka Nyabugogo baba hari amafaranga begeranyaga buri kwezi yo gutanga nk’inyoroshyo ku mukozi wari ushinzwe kugenzura isuku (ubu arafunze) mu Murenge wa Kimisagara...
Abantu 18 barimo abagore 8 bakekwaho kuba abacuruzi b’ibiyobyabwenge bafatiwe mu mikwabu itandukanye mu karere ka Nyarugenge na Kicukiro beretswe itangazamakuru mu rwego rw’uko Polisi y’u Rwanda...
Uwineza Josiane wamamaye mu Rwanda ku izina rya Miss Jojo, yasezeranye imbere y’amategeko na Salim Saleh.
Miss Jojo yasezeranye na Salim Saleh mu Murenge wa Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali kuri...
Perezida wa Banki y’Isi, Dr. Jim Yong Kim, azagirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda mu cyumweru gitaha, abonane na Perezida Paul Kagame.
Banki y’isi yatangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya...
Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2017 umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoye intumwa ye nshya mu Rwanda isimbura...
Umukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga APR FC na Pepiniere urangiye amakipe yombi anganyije 1-1, uba umukino wa kane wikurikiranya ikipe ya APR FC itabasha...
Nyuma ya tombora y’uko amakipe azahura muri 1/16 cya CAF Confederation Cup, Rayon Sports yisanze yatomboye ikipe ya Rivers United yo muri Nigeria.
Umukino ubanza uteganyijwe hagati y’itariki 7-9...
Ndikumana Cyprien, impuguke mu itangazamakuru
Umuryango Uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwa muntu mu Karere k’Ibiyaga Bigari, LDGL, uvuga ko u Rwanda ari cyo gihugu gifite ubwisanzure...
Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye kuri iki Cyumweru tariki 26 z’uku Kwezi yabwiye abagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ko ibikorwa by’uru rwego rw’umutekano...
Umuryango wa Nzindukiyimana Stanislas Mu Kagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro waguye mu kantu ubwo bajyaga kubona bakabona umwana w’ umukobwa bari bamaze iminsi ibiri...
Shampiyona irakomeza Rayon Sports idafite Rwatubyaye Abdul ufite imvune, iraba yakiriye Sunrise kuri stade ya Kigali Nyamirambo ni mu mukino w’ikirarane utarakiniwe igihe.
Kuri uyu wa Gatatu...
Eric Nshimiyimana umutoza wa AS Kigali avuga ko ikintu ba rutahizamu b’ubu batandukaniyeho n’abakera ari impano, kuko abatoza baratoza ariko ntibarema ngo bahe umukinnyi impano adafite.
Ibi nibyo...