Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken avuga ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuburyo "ibintu byifashe nabi ku mupaka hagati y’u Rwanda na DR...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi...
Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa...
Umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) yatangaje ko agiye kwiga ku busabe bwa leta ya DR Congo busaba uru rukiko gukora iperereza ku byaha byakozwe n’imitwe yitwaje intwaro mu...
Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi “ntiduteganya kuganira n’umutwe wa M23” niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda.
Patrick Muyaya yabwiye kandi...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) uyu munsi barateranira i Bujumbura biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, nk’uko bitangazwa n’uwo muryango...
Umuvugizi wa leta ya DR Congo akaba na minisitiri w’itumanaho avuga ko indege yabo ya gisirikare yarashweho n’ingabo z’u Rwanda yariho “yururuka bisanzwe” ku kibuga cy’indege cya Goma, ariko ko...
Itangazo rya M23 rimenyesha ko yiteguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” ryatunguranye cyane ko imaze hafi umwaka mu mirwano n’ingabo za leta.
Canisius Munyarugerero umwe mu bavugizi ba...
Kuri uyu mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022,hatangiye ibiganiro bigamije gushaka umuti ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC biri kubera I Nairobi muri Kenya.
Ibi biganiro...
Umutwe wa M23 wanenze bimwe mu byemezo byafatiwe mu nama yahuje abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda uboneraho kwemeza ko utazigera urekura uduce wafashe keretse ugiranye ibiganiro na leta ya...
Umutwe wa M23 ukomeje gusatira Umujyi wa Goma,umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru ndetse imirwano ikomeye hagati yawo na FARDC ngo yakomeje no kuri iki cyumweru.
Umunyamakuru wa Radio TV10,Oswald...
Leta ya Amerika yasabye umutwe wa M23 gushyira intwaro hasi ugasubira inyuma ukava mu birindiro byawo, no kubahiriza igikorwa cya leta cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe...
Abarinda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bamusabye ko yabaha intwaro bakaza mu Rwanda kurangiza intambara yabananiriye ku butaka bwabo.
Babitangaje kuri uyu wa...
Ku wa gatatu, tariki ya 15 Kamena 2022, umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi yayoboye Inama Nkuru y’Umutekano yagejejwe kuri ba perezida b’imitwe ibiri y’inteko ishinga amategeko. Ni inama ya kabiri...
Umuvugizi w’inyeshyamba za M23 avuga ko ingabo za leta FARDC ari zo zateye ibirindiro byabo mu misozi ya Rutshuru nyuma y’uko bagarutse bava mu nkambi bari barashyizwemo muri...
Avuga ku byabaye muri weekend ishize, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko "kugerageza kose guhungabanya inzego za demokarasi" kutazihanganirwa.
Leta ya Kinshasa yari itaratangaza...
Umujyanama wihariye mu by’umutekano wa Perezida Felix Tshisekedi hamwe n’abandi bantu barimo abasirikare batawe muri yombi kuwa gatandatu, bivugwa ko bari "bageramiye umutekano...
Umuntu wa gatatu wishwe n’indwara ya Covid-19 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ni umunyamategeko w’impuguke mu burenganzira bwa muntu akaba yari n’umwe mu bajyanama ba Perezida Félix...