Nkeshimana Celestin w’imyaka 58, wari usanzwe ari umunyerondo , mu rukerera rwo kuwa gatatu tariki ya 28 Kamena 2023 yishwe n’abagizi ba nabi bamuteye ibuye.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu rufungiye kuri Sitasiyo zarwo zitandukanye zo mu karere ka Gasabo, aho bakurikiranweho "gukinisha abana...
Biravugwa ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwogeye guhamagaza Uwihoreye Jean Bosco uzwi ku izina rya NDIMBATI muri sinema nyarwanda kubera kutita ku nshingano zo kurera abana be...
Imvura yaguye ku wa Gatatu tariki 20 Nzeri 2023, igateza urukuta kuridukira ku nzu yari irimo umuryango w’abantu bane bose bakahasiga ubuzima, mu Mudugudu wa Kanyinya muri Gisozi, abaturanyi babo...
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ,RIB,rwafunze Musore Jean De Dieu na Umuhoza Charlotte bari mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga bameze nk’abakora imibonano mpuzabitsina ku...
Umunyeshuri witwa Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri, mu ishuri rya G.S Binaga ryo mu Murenge wa Mbogo, yafashwe atitira akubita umunwa ku ntebe, ajyanwa kwa muganga...
Umugabo witwa Kayitare Maurice w’imyaka 55 y’amavuko,yiyahuriye mu nyubako izwi nko ku Nkundamahoro iherereye Nyabugogo, akubita umutwe hasi ahita apfa.
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze ibitego 2-1 Police FC mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona,ituma iyi kipe y’abashinzwe umutekano yuzuza imikino 8 yikurikiranya...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko bafunze Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu...
Elyse Ndamyimana wari Noteri w’ubutaka mu Murenge wa Remera ho mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yatezwe n’abagizi ba nabi bamuteragura ibyuma bimuviramo...