Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
Umukobwa witwa Oliver Nakakande w’imyaka 24 y’amavuko,niwe waraye yambitswe ikamba rya Nyampinga wa Uganda 2019-2020 mu birori bikomeye byabereye muri Sheraton Hotel mu Mujyi wa Kampala,byitabirwa...
Umunyabigwi wa AC MILAN wakoze ku mutima Carlo Ancelotti -ku nshuro ya mbere atangiye gukinira umupira imbere ye,yari agiye kwimwa amahirwe kubera imyambarire ye yari imeze nk’iy’abahamya ba...
Ignace Nkaka wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa FDLR hamwe na Lt Col Jean Pierre Nsekanabo wari ushinzwe iperereza muri uwo mutwe ubushinjacyaha bwabasabiye gufungwa burundu ku byaha by’iterabwoba...
Umuhanga mu by’ amateka akaba n’ umwarimu muri Kaminuza y’ u Rwanda Dr Nkaka Raphael agaragaza ko ivanguramoko mu Rwanda ryagaragariraga no mu gisobanuro ubutegetsi bwa Repubulika ya mbere n’ iya...
Umunya Brazil Ricardo Izecson dos Santos Leite uzwi nka Kaka,yatangaje ko umutoza Jose Mourinho yagize uruhare rukomeye mu gutuma asubira inyuma mu mikinire ndetse uburyo yamwimye umwanya uhagije...
Umunya Brazil, Ricardo Izecson dos Santos Leite uzwi nka Kaka,yatangaje ko yishimiye cyane ukuntu Cristiano Ronaldo yaguriye abakozi ba Real Madrid amatelefoni 15 mu rwego rwo kubashimira ndetse...
Umuhanzi Nyarwanda Kayitare Wayitare Dembe yavuze iby’umubano wihariye bivugwa ko afitanye n’umuzungu w’Umunyamerikakazi yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye ’ANITA’,aho yavuze ko nta mubano...
Papa Francis yamaganye ihohoterwa ryo mu ngo rikorerwa abagore avuga ko ari "hafi irya Shitani", aya akaba ari amwe mu magambo akakaye cyane akoresheje kuri iki...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu ku wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi, yafashe abagabo 2 bagize uruhare mu kwiba igikapu cy’Umunyamerikakazi witwa Kirsten Dodroe, kirimo ibintu bifite...
Urugereko rw’urukiko rukuru ruri I Nyanza rwakatiye igifungo cy’imyaka 10 Ignace Nkaka (La Forge Fils Bazeye) wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa FDLR hamwe na Lt Col Jean Pierre Nsekanabo (Abega) wari...
Umuhanzikazi w’umunyamerikakazi Ariana Grande yahagaritse urugendo rw’ibitaramo yari kuzakorera mu bihugu bitandukanye ku Isi yise “The Dangerous Woman Tour” , Nyuma y’uko abagera kuri 22 barimo...
Umwaka wa 2021 umunsi 16 ukwezi ku UKUBOZA
Tubisabwe na HABIMANA Jean Pierre
Dushingiye ku ngingo ya 49 y’itegeko no 12/2013 kuwa 23/03/2013 rigena umurimo w’Abahesha b’Inkiko:
Dushingiye...
Abakobwa barindwi, bamwe muri bo bakekwaho kuba ari abanyeshuri bo muri kaminuza, bafunzwe n’abapolisi i Kakamega muri Kenya, nyuma y’uko basanzwe bari gufata amashusho y’urukozasoni mu nyubako...
Impaka zabaye nyinshi mu rukiko bitewe na Pisine ya Dove Hotel ubushinjacyaha buvuga ko Pasiteri Sindayigaya yanyereje miliyoni 32Frw zo kuyubaka we akavuga ko Pisine yayubatse kandi ikoreshwa....
Nyampinga mushya wa Uganda,Oliver Nakakande w’imyaka 24 yatangaje ko ibyokurya akunda ari akawunga n’ibishyimbo ndetse aboneraho kwemeza ko umunya Uganda umubera icyitegererezo ari Bobi Wine...
Butera Jeanne D’arc [uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Knowless] akaba ari n’umugore wa Producer Ishimwe Clement , aratangaza ko ageze ku munsi wa Gatatu akora imyitozo ikakaye kugirango akomeze kugira...