Ukekwaho kwica umukecuru w’imyaka 75 yakoreraga akazi ko mu rugo wo mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Rugango, wari umaze ukwezi ashakishwa, yafashwe, ahita avuga ko hari abandi bafatanyije muri...
Kuri iki cyumweru taliki 07/5/2023 guhera saa tatu za mu gitondo ku Mayaga i Kibilizi cya Matara (Muri Nyanza) ahitwa ku Ibambiro ahari urusengero rwa ADEPR tuzibuka ku nshuro ya 29 Abagore...
Uyu mugani bawuca iyo babonye amakuba agarutse nyirabazana, ni bwo bagira, bati «Amagambo ahariwe nankana». Bamwe batekereza ko wakomotse kuri Nankana ya Rutamu w ’i Rumuli na Muhura, mu Buganza,...
Inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Mata 2023, mu masaha ya kare mu gitondo, zarashe umusore witwa Dusabe Albert wemeye ko yishe, Muhirwe Karoro Charles wari Umwalimu wa Kaminuza...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Abantu babarirwa mu magana barimo abagize umuryango we, inshuti ze, n’abanyamakuru bitabiriye gushyingura umunyamakuru John Williams Ntwali mu karere ka Kamonyi mu Rwanda.
Uretse amateka...
Kuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa...
Nyandwi Joseph ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Kiyumba. Ni umwana wa 7 mu muryango w’abana 7 ariko utaragize amahirwe yo kumenya se kuko nyina umubyara...
Ikipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga...
Tuyishime Jean avuga ko yashaririwe n’ubuzima nyuma yo kubaho ntakerekezo afite kubera amateka ya Jenocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994, avuga ko Se umubyara yishwe n’interahamwe muri Jenocide...