Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi 10 ikorera umwiherero mu karere ka Ngoma, yamaze kugaruka mu mujyi wa Kigali aho igiye gukomereza kwitegura shampiyona.
Rubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari kumwe na Masai Ujiri (umuyobozi wa Toronto Raptors(yo muri Amerika ikina muri NBA) basuye inzu y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena yuzuye mu...
Ikipe ya Rayon Sports ifite akazi katoroshye mu mukino ubanza wa CAF Champions Cup kuko yatomboye ikigugu cya Al Hilal Omdurman yo muri Sudan mu gihe ikipe ya AS Kigali mu ijonjora ribanza rya...
Ikipe ya Rayon Sports inaniwe gutsinda AS Kigali ya Masudi Djuma banganya 0-0, mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda biyigabanyiriza amahirwe yo gukomeza guhangana na APR FC ya...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yasabye abakinnyi be kwitanga ijana ku ijana kugira ngo batsinde AS Kigali bagaruke mu rugamba rwo guhatanira shampiyona dore ko mu...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi...
Ikipe ya Rayon Sports itereye ibaba I Rusizi kuko yatsinzwe ibitego 2-0 mu gihe APR FC na AS Kigali zatsinze imikino yazo zikomeza guhanganira igikombe cya shampiyona kibura iminsi mike ngo...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 17 Gashyantare 2018 nibwo hakomezaga imikino ya shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League aho ikipe ya AS Kigali imaze kunyagira Kirehe FC ibitego 3-1...
Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Iyi kipe...
Ikipe ya AS Kigali iri ku rwego rwo hejuru cyane mu gice cya kabiri cya shampiyona yihanije Police FC iyitsinda ibitego 2-0 iyibuza kwiruka inyuma ya APR FC na Rayon Sports ziyiri imbere mu...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2017, shampiyona iraba ikomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 12, hakaba hateganyijwe imikino ine.
Umukino w’umunsi ni uwo APR FC igomba kwakiramo AS...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Kanama 2019 nibwo Nyakubahwa perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Kigali Arena yubatswe mu mezi atandatu na Kompanyi y’ubwubatsi ya SUMMA y’Abanya...
Abantu babarirwa mu bihumbi bazindukiye kuri Kigali Convention Center bagiye mu nama yiswe Money Wealth and Business Conference, bari babwiwe ko izabafasha gusarura akayabo k’amadolari ya Amerika...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutombora AS Kigali muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsindira Gicumbi FC ibitego 2-0 ku kibuga cyayo byiyongera kuri 7-1 yayitsinze mu mukino...
Ikipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 22 Gicurasi 2019,nibwo amakipe yabashije gutanga ibihumbi 100 FRW yo kwiyandikisha mu gikombe cy’Amahoro yamaze kumenya yo bizahura,aho Rayon Sports izatangira ihura...
Ikipe ya Mukura VS yatsinze AS Kigali ibitego 2-1 iyisanze ku kibuga cyayo I Nyamirambo biyifasha gufata Rayon Sports iri ku mwanya wa kabiri yakoze amakosa kuwa Gatanu inganya na Bugesera FC...
Myugariro wakiniraga AS Kigali,Kayumba Soter yamaze gusohoka muri AS Kigali yerekeza mu ikipe ya Sofapaka muri Kenya,nyuma y’imyaka 8 yari amaze akinira iyi kipe y’umujyi wa...
Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
Rudeboy wahoze mu itsinda rya P-Square yageze I Kigali aho aje kwifatanya n’abanyarwanda mu gitaramo cyo gutanga ibihembo ku bakora umwuga wa sinema muri Afurika (Africa Movie Academy Awards)...