Senderi yatangaje ko ababajwe nuko inzara imwicira i Kigali mu gihe mu kinigi barimo gukina ibihangano bye kandi baba bakwiye kumutumira akaza akaziririmba imbona nkubone mu kimbo cyo kumwumva mu...
Ikipe ya AS Kigali igiye gukora impinduka isezerere abakinnyi 12 batatanze umusaruro igure abandi 12 mu rwego rwo gukomeza kwiruka ku gikombe babuze mu mwaka w’imikino...
Umuhanzikazi Yvonne Chaka Chaka yageze I Kigali aho yitabiriye igitaramo azafatanya na KNC mu kumurika alubumu ye yise Heart Desire kiraba kuri uyu wa...
APR FC yatsinze Espoir FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona ihita itwara AZAM Rwanda Premier League 2017/2018 n’amanota 66 irusha ikipe ya 2 AS Kigali amanota...
Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize...
Imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe gurwamo mu Rwanda, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwayihaye amezi atatu yo kuba yamaze kwimukira mu mazu yagenewe ubucuruzi.
Ibigaragarira...
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 arataha ku mugaragaro inyubako ya CHIC Complex yuzuye itwaye miliyari 19 na miliyoni 800 z’ Amafaranga y’ u Rwanda, n’iya Kigali Heights...
Umugabo witwa Munyemana Jean de Dieu utuye I Kinyinya mu mugi wa Kigali yatangarije Umuryango ko yapfuye akamara iminsi ibiri muri morgue, abaje gufata umurambo ngo bage kuwushyingura bagasanga...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaganye icyifuzo AS Kigali yari yabagejejeho ko umukino w’umunsi wa 3 bahuyemo na APR FC wasubirwamo aho bemeza ko habayemo kubogama ndetse umusifuzi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko ryahagaritse imikino 4 umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise wasifuye umukino w’umunsi wa 3 wahuje AS Kigali na APR FC...
Abatuye mu midugudu ya kangondo I,Kangondo II, na Kibiraro,yose yo mu kagali ka Nyarutarama mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali,bateye utwatsi ibyo kubimurira mu Busanza...
APR FC yakiriwe na Bugesera FC ariko inanirwa kuyikuraho intsinzi, amakipe yombi anganya 0-0, mu gihe AS Kigali FC yakuye amanota atatu kuri Marines FC ku bitego...
Fantastic opportunity available in a Leading international sales and marketing company in the Leisure Industry with offices in South Africa, Ivory Coast, Ghana, Nigeria, Cameroon & Angola...
Hari inyubako za Hotel Nyungwe Ni Iwacu Gakondo bivugwa ko ari iza Bamporiki Edouard, Umujyi wa Kigali urimo gusenya, nk’uko amashusho yakwirakwiriye kuri X...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze amagambo akomeye mu gusoza ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu mugoroba aho yavuze ko “igisirikare cyacu uyu munsi gishobora kurasa i Kigali kiri i...
Umutoza Yamen Zelfani wa Rayon Sports yavuze ko imikino ibiri bazakinira i Kigali na Al Hilal Benghazi itazaba yoroshye ariko ngo azi byinshi kuri iyi kipe yo mur...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buravuga ko nta bufasha buzaha abatuye ahashyira ubuzima bwabo mu kaga mu gihe bazimurwa ku ngufu kubera ko ngo bamaze igihe kinini basabwa kwimuka ku bushake mu...
Myugariro wa AS Kigali n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Manzi Thierry, ari mu biganiro na Simba SC bishobora gusiga mu gihe cya vuba yerekeje gukinira muri Tanzania.
Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororamubiri mu Rwanda (RAF) ryatangaje ko abakinnyi basaga ibihumbi 10 ari bo bitezwe ko baziyandikisha mu isiganwa mpuzamahanga ryo ku maguru “Kigali International Peace...
Ku wa Kabiri, tariki 16 Gicurasi 2023, ni bwo biteganyijwe ko amakipe arindwi, yiyongera kuri REG BBC iri mu rugo, yabonye amatike yo gukina imikino ya nyuma ya BAL 2023, agera i...
Abagize itsinda Kigali Boss Babes izina rimaze kumenywa na benshi mu gihe gito kubera abarigize bahishuye byinshi ku mushinga wabo wa mbere ndetse banavuga ku bantu bakoza kubaca intege barimo...