Ikipe ya Rayon Sports yarenganuwe na FERWAFA igabanyirizwa amafaranga yari yaciwe yo kwishyura umutoza Ivan Minnaert aho yavuye ku bihumbi 35,535 by’amadolari agera ku bihumbi $14,320 bingana na...
Kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019,Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota ku banyeshuli barangije amashuli abanza,icyiciro rusange na TTC aho yanemeje ko yasohokanye n’ibigo bagomba...
DND Developers Ltd, Sosiyete y’Ubwubatsi ikorera mu Rwanda yashinzwe mu 2015 ifite intego yo guteza imbere imiturire myiza kandi ihendutse ubu ikaba yujuje amazu meza I Nyarutarama kandi ari ku...
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru,taliki ya 29 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Amb. Adonia Ayebare,intumwa idasanzwe ya Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yari...
Mukandutiye Angeline wagize uruhare runini muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ubwo yari Umugenzuzi w’Amashuri abanza i Nyarugenge mu gihe cya Jenoside, yamaze kugezwa muri gereza ya...
Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yasinyishije myugariro w’Umunyarwanda Kayumba Soter wari kapiteni wa AFC Leopards yo muri Kenya, yavuyemo atarangije amasezerano nyuma yo kumara amezi 4 we na...
Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Burera iratangaza ko yafashe udupfunyika tugera ku 2000 tw’urumogi mu modoka umusaza wari udutwaye mu gikapu agahita...
Miss Shimwa Guelda wegukanye ikamba rya Miss Heritage mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka 2017, yakoze ubukwe bw’igtangaza na Habimana Hussein usanzwe ari Umuyobozi wa Tekiniki mu...
Kuwa Gatanu tariki ya 20 Ukuboza 2019,Polisi ikorera mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu kwiba moto y’umumotari witwa Niyibizi...
Multi Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yanenze abayobozi bimuye nabi cyane abaturage babasenyeraho amazu kubera ko batuye mu bishanga no mu manegeka batabanje kubasobanurira...
Mbere yo Guhura na Rayon Sports, abayobozi b’icyubahiro b’ikipe ya APR FC bayisuye i Shyorongi, basaba abasore babo kwitwara neza kuri uyu mukino w’ishyiraniro uteganyijwe kuri uyu wa...
Ikipe ya APR FC yemerewe kwakirira umukino w’umunsi wa 15 wa Shampiyona uzayihuza na Rayon Sports ku wa Gatandatu kuri Stade Amahoro ifite ubushobozi bwo kwakira hafi abantu ibihumbi...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports burangajwe imbere na Munyakazi Sadate burajwe ishinga no kureka uko ngo bwatangira iminsi mikuru yo gusoza umwaka hakiri kare kuwa 21 Ukuboza 2019 ariyo mpamvu bwasabye...
Umuhanzikazi Butera Knowless ukorera umuziki mu nzu ya Kina Music yahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu muri Kaminuza ya Oklahoma Christian University yo muri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier,usanzwe ari umufana ukomeye wa Mukura VS , yagaragaje agahinda yatewe no kuba iyi kipe afana yamutengushye...
Ikipe ya APR FC yashimangiye umwanya wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kugorwa bikomeye na Heroes FC itahabwaga amahirwe mu mukino w’umunsi wa 14 yayitsinzemo igitego...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu hambitswe ikamba umukobwa wahize abandi mu irushanwa rya Miss Career East Africa 2019 ryari rimaze icyumweru ribera mu Rwanda ku nshuro ya...
Ibiganiro by’amasaha asaga 7 byahuje intumwa z’u Rwanda na Uganda mu nama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Angola, byasojwe nta mwanzuro uhamye ufashwe nyuma y’uko impande...
Bisanzwe bizwi ko buri mpera z’umwaka no gutangira umushya mu Rwanda rutegura cyangwa rukakira ibitaramo bitandukanye mu rwego rwo guha Abanyarwanda ibyishimo mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani...
Twagira Prince Henry wagombaga kwitabira irushanwa ry’ubwiza rya ‘Mister Africa International 2019 ntiyabashije kwitabira bitewe n’ikibazo cy’amikoro aho bivugwa ko yabuze itike...
Ikimenyabose mu muziki w’u Rwanda umuhanzi n’umuganga Dr. Thomas Buyombo yakoresheje ifoto mu gusobanura uburyo inzozi ze zahinduwe impamo n’uko ibyo umuntu yiyaturiyeho byanga bikunda...
Umuturage witwa Basabose Pierre wo mu mudugudu wa Gafuruguto, Akagari ka Gasura mu Murenge wa Bwishyura arashinjwa gukubita ishoka mu mutwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gasura,...