Ikipe ya Algeria yongeye kugaragaza ko uyu mwaka ushobora kuba uwayo igatwara igikombe cya Afurika Iheruka gutwara mu mwaka wa 1990,kuko yanyagiye Guinea ibitego 3-0 mu gihe RDC yasezerewe nabi...
Amakipe akomeye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 20 azakoresha mu mikino ya CECAFA Kagame Cup izatangira kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga...
Rayon Sports itarabashije kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro,ihojeje amarira abakunzi bayo ubwo yatsindaga Police FC ibitego 3-1,mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu w’igikombe...
Ikipe y’igihugu y’u Burundi, Intamba mu rugamba, yasezerewe mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu ikomeje kubera mu Misiri, nyuma yo gusoza imikino yose yo mu tsinda B nta n’umwe...
Ikipe ya Kiyovu Sports yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro yaherukagaho mu mwaka wa 1998 ubwo yasezereraga AS kigali ku kinyuranyo cy’ibitego yatsindiye...
Amakipe ya Tanzania n’Uburundi zongeye gutenguha abafana bazo kubera ko zatsinzwe imikino yazo ya kabiri mu itsinda bituma amahirwe yazo yo kugera muri 1/8 abarirwa ku ntoki mu gihe Algeria yo...
Umusore witwa Sak Duanjan w’imyaka 29 ukomoka muri Espagne yafashwe ari kuroga ababyeyi be bageze mu zabukuru abahora ko bamufungiye internet ari gukina imikino yo kuri telefoni yamugize...
Kuri iki cyumweru, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeanette Kagame, yifatanyije n’abagera ku bihumbi bine muri marathon mpuzamahanga ya Kigali igamije kwimakaza...
Ikipe ya Esperance de Tunis yatwaye igikombe cya CAF Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya mu mukino wo kwishyura wamaze iminota 60, nyuma y’akavuyo gakomeye katejwe n’abakinnyi ba...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid,Gareth Bale umaze iminsi yarirukanwe mu ikipe ya mbere na Zidane,yasabye uyu mutoza ko yamuha amahirwe yo gusezera ku bafana b’ikipe ku kibuga Santiago...
Ikipe ya Manchester City yahigitse Liverpool bari bahanganye itwara igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza ku nshuro ya kabiri yikurikiranya,nyuma yo kunyagira Brighton and Hove Albion ibiteg 4-1...
Ikipe ya Liverpool yongeye kwerekana ko ari impirimbinyi y’ibidashoboka bigashoboka kuko nyuma yo gutsindwa na FC Barcelona ibitego 3-0 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League,muwo...
Abafana ba Liverpool basanzwe bazwiho kugira imyitwarire idahwitse mu Bwongereza,bazindutse mu rukerera bajya kuri Hoteli yarayemo abakinnyi ba FC Barcelona,baturitsa ibishashi [fireworks] ari...
Rutahizamu Lionel Messi yongeye kwerekana ko ari umwana wa ruhago,kuko yafashije FC Barcelona kunyagira Liverpool ibitego 3-0 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League atuma itera intambwe...
Myugariro ukomeye wa Liverpool,Virgil Van Dijk yaraye ashyikirijwe igihembo cy’umukinnyi mwiza mu Bwongereza watowe n’abakinnyi babigize umwuga muri iki gihugu[PFA Players’ Player of the...
Ikipe ya Arsenal yarahiriye kwirukana abakinnyi batagitanga umusaruro aho bivugwa ko abagera kuri 7 bamaze gushyirwa ku rutonde rw’abatagikenewe mu ikipe ndetse ngo impeshyi itinze kugera kugira...
Igihugu cya USA cyasabye igisirikare cya Sudan cyahiritse ku butegetsi Omar al bashir ku munsi w’ejo ko gikwiriye gushyikiriza abaturage ubuyobozi bw’inzibacyuho.
Uwari perezida wa Sudan,Omar Al Bashir wari umaze imyaka 30 ku butegetsi yegujwe kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mata 2019 n’ingabo ze nyuma yo kuzenguruka ibiro bye ndetse bagafata na Radio na TV...
Umugabo w’umujura ukomoka muri Kenya yakatiwe igifungo cy’amezi 6 nyuma yo kwambura umupolisi wari mu kazi telefoni ye igendanwa ayijugunya mu ruzi rwa...
Mu gitondo cyo kuwa Gatandatu,Taliki ya 30 Werurwe 2019, nibwo Umukuru w’Igihugu,Paul Kagame aherekejwe n’abagize Guverinoma barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Sezibera Richard yasuye mu...
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’itumanaho n’ikoranabuhanga muri Uganda, Ida Nantaba, kuri iki Cyumweru, itariki 24 Werurwe, yarokotse urupfu ubwo abicanyi bamukurikiranaga bari kuri moto...