Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu...
Abapolisi muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo barashe amasasu mu rwego rwo gutatanya abigaragambyaga ko badashaka abasirikare b’Umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu...
Indege ya Gisirikare ya Afurika y’Epfo[South African Air Force (SAAF) C-130BZ] yari mu butumwa bwa MONUSCO mu Burasirazuba bwa D.R.Congo,yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cya Goma ubwo...
Mu gihe inyeshyamba za M23 zirimo gusatira Umujyi wa Sake nyuma yo gufata igiturage cya Karenga, mu birometero 20 uvuye i Sake, biravugwa ko Ingabo za MONUSCO zo muri Operation Springbok zirunze...
Umunyamabanga Mukuru wa LONI, Antonio Guterres ,yasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu Burasirazuba bwa Congo mbere y’uko Misiyo ya Loni muri ako gace ka Congo (Monusco) ifata...
Intumwa y’Umunyamabanga wa ONU muri DR Congo, Bintou Keita, yavuze ko igisubizo cya gisirikare ku bushotoranyi bwose bwa M23 ari imwe mu nzira yo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23 burundu.
Mu...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye avuze ko arimo gutegura "ingamba zikarishye" ku mitwe y’inyeshyamba ikorera mu burasirazuba bw’igihugu, nkuko bitangazwa n’ibiro...
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) Antonio Guterres yatangaje ko mu myaka 75 ishize ONU yohereza ingabo zo kubungabunga amahoro “zafashije ibihugu guca mu nzira ikomeye iva mu...
Umutwe w’inyeshamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko wo witeguye gushyigikira umugambi w’amahoro ariko ko uruhande rwa leta ari rwo rutabikozwa
Ibi bivuzwe...
Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa Goma igakomeza, izi nyeshyamba zirashinja leta...
Akanama gashinzwe umutekano ku isi ka ONU kafashe umwanzuro wo gukuraho kumenyesha komite ishinzwe ibihano ku ugiye kugurisha cyangwa gufashisha intwaro DR Congo, n’uwo kongerera umwaka umwe...
Inyeshyamba zagabye ibitero ku murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Epfo zari zifite imigambi irimo no kuwufata, nk’uko bivugwa na Nyamuhombeza Ombe ukurikiranira bya hafi ibyo mu gihugu cye DR...
Abaturage batandatu n’umusirikare umwe wa leta biciwe mu mirwano y’insoresore zo mu moko abiri mu nkengero z’umujyi wa Goma bashyinguwe kuwa gatatu, nk’uko umutegetsi...
Kuwa Gatandatu tariki ya 10 na 13 Ukwakira 2020, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amakuru n’uwitwa David Beylard na Lisette Lisa Mongendu avuga ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Mu gihe leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje intego yo guhashya no guca burundu imitwe y’inyeshyamba iri muri iki gihugu, ingabo za Leta FARDC, zatangiye imyitozo izifasha...
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza "ubwoba butari ngombwa" nyuma yaho iki gihugu kiburiye ko "hashobora kuba igitero cy’iterabwoba" ku nyubako...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko Perezida Félix Tshisekedi "urebye yaba yemeye guhura na mugenzi we w’u Rwanda" mu biganiro bigamije gucyemura ikibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa...
Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na...
Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu kuwa gatandatu mu murwa mukuru...