Aya makipe yombi ataratsindwa umukino n’umwe kuva yagera i Kigali mu gikombe cya Africa cya basketball uyu munsi arahurira ku mukino wa nyuma saa kumi n’imwe.
Ikipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League, yatomboye kuzahura na Ferroviário de Maputo yo muri Mozambique mu mukino wa ¼ uzaba ku wa Kane tariki ya 27...
Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL y’uyu mwaka,Patriots BC yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 83-60,biyifasha kwinjira neza muri iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe y’ibigugu...
Umutoza mukuru wa Patriot Basketball Club, Alan Major yemeje ko umuraperi w’umunyamerika J. Cole (Lamarr Cole) ari ku rutonde rwabazakinara Patriots BBC mu irushanwa rya Basketball Africa rizabera...
Ibihugu 16 byagaragaje ko byifuza kwakira inkingo za coronavirus mu zizatangwa n’Umuryango w’ubumwe bwa Africa (AU) kandi intego ni uko izi zitangira gutangwa mu byumweru...
Kuri uyu wa gatanu, Ahmad Ahmad wahagaritswe na FIFA imyaka 5 kubera amakosa yo kunyereza umutungo wa CAF yashinjwe, yagaruwe ku mwanya w’umuyobozi w’umupira w’amaguru muri Afurika mu gihe...
Umugabo w’imyaka 31 yabaye umuntu wa 18 wahitanywe na COVID-19 mu Rwanda nkuko Minisiteri y’Ubuzima yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Nzeri 2020.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Kanama 2020, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko abashakashatsi b’iwabo bavumbuye urukingo rwa Covid-19, ndetse ko barugeragereje no ku mukobwa we,...
Africa’s leading pay-TV operator StarTimes and NBCUniversal International Networks (NBCUIN) today announced the launch of DreamWorks – the 24-hour channel dedicated to kids and family entertainment...
Mu gihe kwinjira mu kwezi kwa Kanama,umuyoboro wa’insakazamashusho zigenzweho [digital TV] Startimes yateguriye ikirori cy’imyidagaduro na gahunda y’amasomo azatuma abana bose mu kigero gitandukanye...
As we enter into August, digital TV operator StarTimes prepared a feast of entertainment and education content to have kids of all ages busy during the whole month.
First, with the newly...
Nsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO ryatangaje ko rishima intambwe yatewe mu igerageza ry’ibanze ry’umuti wa dexamethasone mu Bwongereza rigaragaza ko ushobora gukiza...
Tariki 3 Gicurasi, mu mbwirwaruhame, Perezida John Pombe Magufuli yagejeje ku baturage yashidikanyije ku mibare y’abantu 480 yatangajwe ko banduye coronavirus muri Tanzania. Ati “Ibisubizo...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame yavuze ko u Rwanda muri iki cyumweru hazaba inama yiga ku ngamba za Guma mu rugo aho yemeje ko hashobora...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatatu mu bihugu bifite imihanda yujuje ubuziranenge muri Afurika, ku manota atanu (5.0), rukurikiye Afurika y’Epfo ya kabiri na yo ifite amanota 5.0, mu gihe...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Perezida Kagame yaraye avuguruye Guverinoma nk’uko amategeko ya repubulika y’u Rwanda abimwemerera,atangaza ko minisitiri wa Siporo ari Madamu Aurore Mimosa Munyangaju mu gihe uwari umusifuzi...