Umutoni Aline wamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo zitandukanye hano mu Rwanda hakomeje kunugwanugwa urukundo hagati ye na Jay Polly aho bivugwa ko yaba ariwe ntandaro yo gushwana kwa Jay...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 27 Nyakanga 2018,urukiko rwisumbuye rwa Rusizi rwagize umwere umushoramari Gacinya Chance Denis, wahoze ari na Visi Perezida wa Rayon Sports ku byaha byo kunyereza...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n’ uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y’ ibihugu byabo, Loni yababajwe n’ umusirikare...
Umuraperi P- Fla afatanyije na Aline Gahongayire bagiye gukorana indrimbo. Aho P Fla azaba asaba imbabazi Mama we utarahwemye ku mugaragriza urukundo mu gihe yarari mu gihome .
Umuhanzikazi...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, umugabo witwa Hagenimana Ismael yafatiwe kuri gereza ya Nyarugenge iherereye mu karere ka Nyarugenge, agemuriye umugororwa witwa Jean luc ikiyobyabwenge cyo mu...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Nyirampakaniye Sperata, umubyeyi w’imyaka 54 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Ayabatanga, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge yishwe n’ingona yamufatiye ku ruzi rwa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 ahagana saa cyenda n’iminota 20 nibwo gereza ya Nyarugenge izwi nka 1930 mu mujyi wa Kigali yafashwe n’ inkongi y’ umuriro
Iyi gereza ikimara gufatwa...
Urwego rw’Imfungwa n’abagororwa (RCS) ruratangaza ko hataramenyekana neza icyateye inkongi muri Gereza ya Nyarugenge kuri Noheli, kuwa 25 Ukuboza 2016, ariko ko hakekwa ko umuriro waba warakomotse...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa mu Rwanda rugaragaza ko rutazi neza niba gereza zo mu Rwanda zigira ubwishingizi. Ni mugihe amagereza ari zimwe mu nyubako za Leta, nyamara Leta...
Abagororwa bari bafungiye muri gereza ya Gasabo yari iherereye mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali bimuriwe muri gereza nshya yubatswe mu murenge wa Mageragere, maze iya...