Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda ushinzwe igenamibambi n’ ubutegetsi nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yemeje ko ikigo cy’ingabo za Uganda ziri mu butumwa muri Somalia cyirawemo n’intagondwa zibarirwa mu magana ziyitirira idini rya Islam zo mu mutwe wa al-Shabab,...
Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu...
Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu y’igisirikare cya Kenya, yari iri mu bikorwa byo gucunga umutekano, yakoreye impanuka hafi y’umupaka uhuza iki Gihugu na Somalia, igwamo abantu bose bari bayirimo,...
Muri iyi minsi Video y’umugabo wambaye isuti arimo gukina n’intare eshatu yakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga mu bihugu bya Africa, ariko mu by’ukuri ntabwo ari iy’umupastoro urimo kwerekana...
Abasirikare nibura 29 ba Niger biciwe mu gitero cya mbere cyiciwemo abantu benshi kuva igisirikare cyahirika ubutegetsi mu kwezi kwa Nyakanga (7) uyu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa somaliya Abdisaid Muse Ali yarusimbutse ubwo bamugabagaho igitero mu mugi wa Galkayo uherereye Puntland. Ni kubirometero 750 km uvuye mu murwa mukuru...
Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko umuyobozi w’umutwe wa kisilamu muri Sahara yishwe n’ingabo z’Ubufaransa.
Adnan Abu Walid al-Sahrawi yashinze Leta ya kisilamu muri Sahara nini (ISGS) mu 2015....
Umuvugizi wungirije w’igisirikare cya Uganda, Lt. Col. Deo Akiiki kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 yatangaje ko ingabo zabo ziri mu butumwa bw’amahoro ziciye abarwanyi 189 b’umutwe wa Al Shabaab mu duce...
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka 4 abakinnyi 2 yari yatiye barimo Pablo Mali na Cedric Soares ndetse ngo yongereye David Luiz. Amasezerano y’umwaka...
Umugabo yatawe muri yombi muri Kenya nyuma yo kwatura mu rusengero ko yahoze ari umwambari w’umutwe w’abarwanyi ba kiyisilamu wa Al Shabab muri Somaliya.
Umunyemari Dr Francis Habumugisha wamenyekanye cyane kubera amashusho yagiye hanze ari gukubitira umukobwa witwa Kamali Diane mu ruhame,yongeye gufungwa nyuma y’iminsi mike urukiko rutegetse ko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu,taliki ya 21 Nzeri 2019, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, rwatangaje ko rwafashe abantu umunani(08) bakekwaho gukoresha nabi cyangwa kunyereza...
Ikipe ya Rayon Sports ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yemeje ko yamaze gusinyisha Umunya-Mali Omar Sidibé nyuma yo kwitwara neza mu mukino wa gicuti iyi kipe iheruka gutsindamo AS...
Abapolisi umunani ba Kenya bapfiriye mu modoka barimo,yaturikijwe n’igisasu cyatezwe mu muhanda hafi y’umupakawa Kenya na Somalia bari mu kazi kabo ko gucunga...
Umunyarwandakazi witwa Anastasie Mukakamali w’imyaka 66 yaguye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Koboko we n’abandi bantu 5 barimo na meya w’aka karere Isaac...
Umusore n’ inkumi bombi b’ Abanyarwanda bari mu bantu batatu barimo barasiwe mu mirwano yahuje Abanya-Somalia babiri mu rukerera rwo ku Cyumweru mu Mujyi wa Edmonton muri Canada.
Aba banyarwanda...