Umuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye ku izina rya Meddy we n’umufasha we Mimi bari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wabo w’imfura w’umukobwa kuwa 22 Werurwe...
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no muri aka karere,Ngabo Medard uzwi nka Meddy,yateye ivi asaba umukunzi we Mimi Mehfira bari bamaze igihe kitari gito...
Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka Meddy, yamaze gutangaza ku mugaragaro ko mu minsi mike abakunzi b’Umuziki baraba bamaze kubona indirimbo ye n’icyamamare muri Tanzania...
Umwe mu bagore bagiye bavugwaho byinshi hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Sacha wigeze no kuririmba nyuma akaza kubireka ndetse akaba yaramenyekanyeho kuba yarigeze no kuba umukunzi w’umuhanzi nawe...
Umuhanzi Otile Brown wo muri Kenya umaze kumenyakana Cyane mu Rwanda kubera indirimbo yakoraye n’abahanzi nyarwanda aribo The Ben na Meddy yagize icyo atangaza nyuma y’uo ibihangano bye byasibwe...
ShaddyBoo yavuze ko kuva yatandukana na Meddy Saleh babyaranye abana babiri b’abakobwa, yagiye mu rukundo n’abandi basore babiri gusa ngo kuri ubu nta mukunzi...
Umuhanzi Meddy umaze kugeza umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga,yavuze ko yamenyanye bwa mbere n’umukunzi we Mimi ubwo yamusabaga ko yajya mu mashusho ya Ntawamusimbura akabyemera ndetse ngo...
Umukobwa ukomoka mu gihugu cya Ethiopia witwa Mimi Medhira yeruye ku mugaragaro ko ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi Ngabo Meddy, ni nyuma y’ubutumwa bw’urukundo yakoresheje amwifuriza isabukuru...
Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye....
Umuririmbyi Ngabo Medard Jobert uzwi cyane nka Meddy yasobanuye byinshi mu rugendo rwa Muzika we na The Ben baciyemo, nubwo mu mitwe y’abafana benshi bibwira ko aba basore bahora bahanganye....
Umuhanzi nyarwanda Ngabo Medard wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Meddy, ubarizwa ku mugabane wa Amerika guhera mu mwaka wa 2010, yashyize indirimbo ye nshya hanze binavugwa ko ishobora no...
Abahanga bavuga ko ikinaniye ifaranga ujugunya ndetse ko aho ifaranga rikubise hahita horoha, cyakora kuri Meddy bisa nk’aho atariko bimeze kuko yivugiye ko kuri we amafaranga adasobanuye...