Mu bakinnyi bamaze kwiruka ibirometero byinshi mu gikombe cy’isi ku mwanya wa mbere turasangamo umukinnyi Cristiano Ronaldo , Luis Advincula, Kyle Walker , Jesse Lingard, Dani Carvajal...
Umwe mu bakinnyi bakoze amateka akomeye mu ikipe y’igihugu y’Ubudage ndetse akabufasha kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya 2002, umunyezamu Oliver Khan yatangaje ko Sami khedira na Mesut...
Ikipe ya Brazil yatsinze Serbia ibitego 2-0 mu buryo bworoshye mu mukino wari uryoheye ijisho,bituma ikatisha itike ya 1/16 cy’irangiza mu gikombe cy’isi iyoboye itsinda E imbere y’Ubusuwisi...
Myugariro Marcelo w’ikipe ya Brazil wavunikiye mu mukino wahuje Brazil na Serbia ku wa 3 hashize iminota 10 gusa umukino utangiye,yavunwe na matora mbi yarayeho muri hoteli mbere y’uko uyu mukino...
Umugabo witwa Andy Mitchell w’imyaka 40, yahuye n’uruva gusenya ubwo umugore we Meaghan w’imyaka 21,yamutaga akishakira undi mugabo bari mu kwezi kwa buki byatumye ashyira mu cyamunara impeta...
Ikipe y’igihugu ya Brazil ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi cy’uyu mwaka,ihagamwe n’Ubusuwisi banganya igitego 1-1 mu mukino wo mu itsinda E.
Private motorists in Nairobi will soon be required to use other means into the central business district (CBD) as Nairobi County works on decongesting the...
Umunyamerika w’imyaka 54 y’amavuko, Jeff Bezos ufite kampani y’ ikoranabuhanga ya Amazon yesheje agahigo ko kuba umunyemari wa mbere ku isi ubashije gutunga miliyari zirenga 100 z’amadorali...
Nsabimana Eric uzwi nka Zidane ukina hagati mu ikipe ya AS Kigali yatangaje ko ababazwa ni uko papa we yishwe muri Jenoside ubwo yari akivuka,ntabashe kubona ibyo amaze kugeraho mu mupira...
Abanyeshuli 2 biga ibijyanye n’uburezi muri kaminuza yo mu mugi wa Nezahualcoyotl muri Mexico bafashwe amashusho bari gusambanira mu bwiherero bambaye ubusa nta bwoba bafitiye abantu.
Aba...
Umukinnyi wa filime w’icyamamare ku Isi ufite inkomoko muri Kenya Lupita Amondi ubusanzwe uzwi ku kabyiniro ka Lupita Nyong’o afatwa nk’ icyenyenyeri ya rubanda muri ki gihugu ifite inzu y’...
Umunyamexico waciye agahigo agashyirwa mu gitabo cya Guiness de record kubera kugira ibiro byinshi ku isi ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko abazwe n’abaganga akagabunaka ibiro.
Juan Pedro...
Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro.
Iri tora ryabereye...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Umuyobozi w’umujyi wa San Pedro mu gihugu cya Mexico yarongoye ingona bakorana ubukwe maze azengurukana nayo umujyi wose,aho imyemerere yabo yemeza ko ari kimwe mu kimenyetso cyo kugaragaza...
Ku itariki nk’iyi nibwo hatangajwe inkuru y’akababaro y’uko Shyaka Claver yitabye Imana, ni kimwe mu bbyaranze uyu munsi mu mateka.
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama, ni umunsi wa 224 mu...