Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infatino aragera mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare 2017 saa 15:00 aturutse I Kampala muri Uganda....
Nyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda....
• Tour du Rwanda izakoresha ingengo y’imari ya miliyoni 500 FRW
• Hagiye kujya hahembwa uwahatanye kurusha abandi
• Tour du Rwanda y’uyu mwaka niyo ya nyuma ibaye mu kwezi kwa...
Turi ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame...
Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports n’Amavubi Rwatubyaye Abdul ashobora kutazigera akandagira mu kibuga muri uyu mwaka wa 2017 ndetse no mu ntangiriro z’uwa 2018 kubera ikibazo cy’imvune afite...
Umuhanzi Eric Senderi Hit wamamaye ku mazina atandukanye mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, yandikiye ubutumwa burebure Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo Nyirasafari Esperance amusaba kuzakora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, Senateri Nyirasafari Esperance wahoze ari Minisitiri wa Siporo n’umuco yakoze ihererekanyabubasha na ba Minisitiri Munyagaju Mimoso Aurore na Rose Mary Mbabazi...
Uwahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Chelsea Didier Drogba ndetse na David Luiz bakinanaga bari buze kuba bari mu Rwanda kuri uyu wa kane aho bashobora no kuzakurikirana umukino wa gicuti wateguwe ngo...
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwamaze gufata umwanzuro w’uko guhera kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Nzeri 2019 nta munsi wateganyijwe na FIFA uzongera gucaho ikipe y’igihugu Amavubi idakinye umukino wa...
Senderi International Hit na Intore Tuyisenge basubiyemo indirimbo yabo bari barise ‘Ibidakwiriye nzabivuga’ nyuma yo kubisabwa na Perezida Paul Kagame ubwo yari yasuye akarere ka Burera akumva aba...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Djazila yavuze ko abashyinzwe gutoranye umukobwa uzahagararira u Rwanda muri Miss Supranational bari bamuzi neza ko yambara Bikini ngo kuko ngo bajya no kumusaba ko yahagararira u Rwanda...
Ku munsi w’ejo nibwo kuri stade ya Kigali I nyamirambo habereye umukino wo kwishyura hagati y’ikipe y’U Rwanda n’ikipe ya Guinea, umukino u Rwanda rwaje kunganyirizamo igitego 1-1 mu marushanwa yo...
Minisitiri wa siporo n’umuco, Uwacu Julienne yasabye imbabazi abanya Guinea n’abanyarwanda kubera ko indirimbo zubahiriza ibihugu zitacurangwe kuri stade ya Kigali ku mukino iyi kipe izwi nka Syli...
Benshi bakunze kwibaza igituma abahanzikazi cyangwa ibyamamare by’igitsina gore bikunze kwiyambika ubusa, gusa umwe mu banyarwandakazi na we wakunze kugaragaraho iyo myitwarire, Oda Paccy, yavuze...