Umutegetsi wo muri Amerika yabwiye igitangazamakuru CBS, gikorana na BBC muri Amerika, ko umutegetsi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un ateganya gukorera uruzinduko mu Burusiya muri uku kwezi guhura...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yavuze ko indege 11 z’igisirikare cy’u Bushinwa zambutse umurongo ugabanya impande zombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu gihe u Bushinwa bukomeje gutoteza iki...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye kuri uyu wa Gatandatu, yarahiriye ’guhana’ umukuru w’abacanshuro ba Wagner nyuma yo...
Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye kwakira intwaro za kirimbuzi z’u Burusiya, zimwe muri zo akavuga ko zikomeye inshuro eshatu kurusha ibisasu bya...
Perezida Joe Biden wa leta zunze ubumwe z’Amerika yabonanye kuri iki cyumweru na Ministri w’Intebe w’Ubuyapani Fumio Kishida na perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk...
Drone ya Ukraine yarashwe n’ingabo z’Uburusiya iri mu kirere cyabwo, nk’uko bivugwa na Moscow.
Iyi drone yahanuwe ku cyumweru mu mujyi wa Kireyevsk – muri 400km uvuye ku mupaka w’iki gihugu na...
Perezida Vladimir Putin yavuze ko Uburusiya buzashyira muri Belarus intwaro kirimbuzi zikoreshwa ku rugamba, zizwi nka ’tactical nuclear weapons’.
Perezida Putin yavuze ko iki cyemezo...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Humvikanye amatangazo aburira ku bitero byo mu kirere mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv mu ijoro rya nijoro ku cyumweru, mu gihe urundi rukurikirane rw’ibitero bya za ndege zitagira abapilote...
Amajyepfo ya Ukraine ari mu bitero biva ku mpande zombi zihanganye muri iyi ntambara, aho Uburusiya bwaraye buteye ibibombe bukoresheje za ndege zitagira abapilote (drones) i Odesa, Kyiv nayo...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Polonye yaherekejwe n’indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 ubwo yerekezaga mu gikombe cy’isi kigiye kubera muri Qatar.
Kuri uyu wa kane,nibwo iyi kipe...
Igisirikare cy’Uburusiya cyategetswe kuva mu mujyi wa Kherson wo muri Ukraine, umurwa mukuru wonyine w’akarere bwafashe nyuma yo gutera mu kwezi kwa kabiri.
Jenerali Sergei Surovikin ukuriye...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Leta ya Ukraine yavuze ko impunzi z’Abanya-Ukraine zidakwiye gutahuka mbere y’igihe cy’ubushyuhe buringaniye cy’urugaryi (spring/printemps), kugira ngo zifashe kugabanya igitutu kiri ku rwego...
Umukuru w’abasirikare b’Uburusiya bari muri Ukraine avuga ko ibintu "bigoye" mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo kandi ko abahatuye bagiye guhungishwa.
Ibiturika bitari munsi ya bitanu byumvikanye mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine, umujyanama wa Perezida yavuze ko ari "drone z’ubwiyahuzi" zoherejwe n’Uburusiya.
Perezida wa Belarus Alexander Lukashenko yasabye Ukraine kwitegura ibitero igiye kugabwaho n’ingabo z’Umuryango w’Ubumwe bwa Belarus na Russia uzwi nka Union State. Ingabo za Union State ngo zimaze...