Abantu batari munsi ya 21, barimo n’umwana, bapfiriye mu gitero cy’ibisasu by’Uburusiya mu ijoro ryo ku wa gatanu, cyibasiye akarere ka Odesa mu majyepfo ya Ukraine, nkuko bivugwa n’abategetsi ba...
Abantu batari munsi ya 18 bapfiriye mu gitero cya misile ku iduka rinini ryo mu mujyi wa Kremenchuk muri Ukraine.
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko abaturage b’abasivile bagera ku...
Misile ya Israel yaguye mu rugo rw’umuturage muri Gaza ariko kubw’amahirwe nticyaturika cyane ko cyari kwica abagize umuryango wose w’uyu muryango cyaguyemo cyane ko cyaguye neza ku buriri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Irani ntacyo yagezeho ku bitero bya misile yagabye ku birindiro bya Amerika muri Iraki ariko avuga ko igiye guhabwa ibihano...
Boris Johnson wahoze ari minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yavuze ko Perezida w’Uburusiya Putin yamubwiye ko yamuhindura umuyonga byoroshye akoresheje Misile imwe ubwo barimo kuganira.
Boris...
Uwahoze ari guverineri w’akarere ka Luhansk muri Ukraine ubu uri mu buhungiro avuga ko abasirikare ba Ukraine barashe ku cyicaro gikuru cy’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya.
Serhiy Haidai...
Korea ya Ruguru yiteguye gukoresha ingufu zayo za nikleyeri mu kwirwanaho, nk’uko Perezida wayo Kim Jong-un abivuga.
Mu ijambo yatanze mu birori byo kwibuka Intambara ya Korea, Kim yongeyeho...
Ukraine yavuze ko amato ya mbere atwaye ibinyampeke ashobora kuva ku byambu byayo byo ku nyanja ya Black Sea "mu minsi" iri imbere, bijyanye n’amasezerano yanditse amateka yagizwemo uruhare...
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira mu cyumweru gishize, hakomeje kugaragazwa byinshi bitandukanye birebana n’ibihugu byombi. mu bushakashatsi bwakozwe na International Institute of...
Mushiki w’umukuru w’igihugu cya Koreya ya Ruguru Kim Jong-un yaburiye Leta zunze ubumwe za Amerika kwirinda "guteza ikibazo", mu gihe Perezida Joe Biden yitegura gutangaza politiki ye kuri...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mata 2017, Minisitiri w’ ububanyi n’ amaganga wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Rex Tillerson, yaburiye akanama k’ Umuryango w’ Abibumbye gashinzwe umutekano ko ingaruka...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika...
Umutwe wihariye wo mu ngabo za Iran wa ’Revolutionary Guards’ uvuga ko abasirikare bakuru barindwi biciwe mu gitero cya Israel ku nyubako y’ishami ry’ambasade ya Iran mu murwa mukuru Damascus wa...
Igisirikare cya Israel (IDF) cyagabye“igitero mu bice runaka” mu ijoro ryakeye mu burasirazuba bwa Gaza ikoresheke ibimodoka by’intambara( Chars/tanks).
Kuri uyu wa Kane, Ibiro Ntaramakuru bya Leta muri Koreya ya Ruguru, KCNA, byatangaje ko Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yirukanye ku mirimo ye umuyobozi w’igisirikare anasaba ko...
Urufaya rw’amasasu n’urusaku rw’indege z’intambara byashenye gahunda y’agahenge mu murwa mukuru Khartoum wa Sudan, kari kitezwe gutangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00) ku isaha yaho ku wa...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11...
Mu kiganiro yahaye Sky News,yishimiye ko nyuma y’ibyumweru nta mwanzuro urafatwa,Ubudage bwemeye koherereza Ukraine ibifaru biasanzwe bya Leopard 2 tanks mu kuyifasha guhangana na Vladimir Putin....
Gutera intambwe kwa Ukraine mu turere twa Kherson na Zaporizhzhia two mu majyepfo, kugeza ubu kuri ku kigero gito ugereranyije n’ibyo Ukraine yagezeho mu majyaruguru ashyira...