Mu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro...
Mu Rwanda ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo ni ibyaha biteganywa kandi bihanwa n’Itegeko Ngenga n° 01/2012/OL ryo ku wa 02/05/2012 rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana.
Ruswa ni icyaha...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2016, ku kicaro cy’impuzamashyirahamwe cy’umupira wa maguru muri Afurika(CAF) Cairo mu Misiri, harabera tombora y’uko amakipe azahura mu...
Tombora y’uko amakipe azahura mu mikino nyafurika CAF Champions League na CAF Confederation Cup yaberaga Cairo mu Misiri kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2016, isize APR FC izakina...
Cristiano Ronaldo ahangayikishijwe n’umuhungu we Cristiano Jr. wifuza kuba umuzamu, mu gihe we ashaka ko yaba rutahizamu akazamusimbura akaba yanakora ibyo atakoze ariko umuhungu we ntabikozwa....
Aya ni amwe mu mafoto meza yafatiwe mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika.
Aba ni abapolisikazi bo mu gihugu cya Uganda
Uganda: Umugore asuhuza Perezida Museveni ku munsi...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame, atangaza ko nubwo ari byiza ko ikipe ye igeze mu cyiciro cya gatatu cy’amajonjora y’imikino nyafurika, gusa ko byari kuba byiza kurushaho...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Umuryango w’Abibumbye uvuga ko amahanga yose akwiye kwigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu mwaka 1994.
Tariki ya 7 Mata buri mwaka, Loni yemeje ko ari...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
Umushumba mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yagaragaje ko atewe inkeke n’ umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ Amerika na Koreya ya Ruguru avuga ko ushobora kubyara intambara...
Trump n’umugore we Melania bakiriwe n’umwami Salman bin Abdulaziz Al Saud (iburyo)
Perezida wa Amerika Donald Trump arageza ijambo ku idini ya Isilamu muri Arabia Saudite aho ari mu ruzinduko...
Umunya Mali wari umaze umwaka akinira ikipe ya Rayon Sports ashobora kuyisohokamo akerekeza mu gihugu cya Misiri aho yifuzwa cyane n’ikipe ya Ismaily aho bivugwa ko abayobozi b’iyi kipe bamaze...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Umusore Moussa Camara uherutse kuva mu ikipe ya Rayon Sports akerekeza mu ikipe ya Ismaily yo mu Misiri atanzweho akayabo k’ibihumbi 50 by’amadolari kuri ubu agiye kujya ahembwa agera kuri miliyoni...
Tariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
1269: Umwami Louis IX w’u...
Ikipe ya Liverpool yongeye kugura undi mukinnyi w’umunyafurika Mohamed Salah w’umunya Misiri imukuye mu ikipe ya AS Romaaho uyu musore w’umunyafurika aje ukurikiye umusore Sadio Mane baguze umwaka...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...