Umuhanzi w’ Umunyarwanda, uba mu gihugu cy’ u Bubiligi Paul Van Haver uzwi ku izina Stromae, yatangaje ahagaritse kuririmba.
Muri iki cyumweru nibwo Stromae wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga...
Perezida Paul Kagame, yahawe igihembo gikomeye cyatanzwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera uruhare imiyoborere ye igira mu kurengera ibidukikije, nka kimwe mu bihembo byatangiwe mu nama yiga ku rusobe...
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, Perezida Kagame ku nshuro ya kane yahuye n’itsinda ry’intiti icyenda zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU)....
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, ni umwe muri Banyampinga u Rwanda rwagize wahiriwe cyane ku ngoma ye kuva yatorwa kugeza ubu. Mutesi Jolly w’imyaka 20 y’amavuko, ari mu marushanwa ya ’Miss...
Mbarushimana Paul Maurice benshi bazi nka Maurix Baru muri muzika Nyarwanda umaze kubaka izina mu njyana ya Classic, yashyize hanze indirimbo yise ’Range’ yageneye abakunzi be muri iyi minsi mikuru...
Abakinnyi ba ruhago ni bamwe mu bantu bagira abakunzi [abafana] benshi babakurikirana umunsi ku munsi. Bakora byinshi bishimisha abantu birimo ibitangaje cyane cyane iyo bari mu kibuga byagera...
Umunyezamu wa Mukura VS akaba na kapiteni w’iyi kipe, Mazimpaka Andre yagarutse mu itangazmakuru atabaza ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, ku mufasha kwishyuza gants ze zihagaze amadorari...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 ahagana saa cyenda n’iminota 20 nibwo gereza ya Nyarugenge izwi nka 1930 mu mujyi wa Kigali yafashwe n’ inkongi y’ umuriro
Iyi gereza ikimara gufatwa...
Miss Rwanda 2014 Akiwacu Colombe ari kwigishwa gucaranga inanga ya Kinyarwanda. Arakangurira bagenzi be kwiga ibicurangisho gakongo kuburyo bagera ku rwego nk’urwo Nzayisenga Sofiya agezeho....
Cristiano Ronaldo ahangayikishijwe n’umuhungu we Cristiano Jr. wifuza kuba umuzamu, mu gihe we ashaka ko yaba rutahizamu akazamusimbura akaba yanakora ibyo atakoze ariko umuhungu we ntabikozwa....
Pasiteri Ezra Mpyisi wo mu itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi mu Rwanda, wabanye n’Umwami Kigeli ari umujyanama we, avuga ko kuba Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse...
Aba bana babiri b’abahungu b’imyaka 13 na 14, bo mu gace ka Wemmel mu gihugu cy’u Bubuligi, bafunzwe bazira gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 12 y’amavuko aho n’urukiko rwatangiye kubakurikirana ku...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Shampiyona y’u Bwongereza niyo shampiyona umuntu yavuga ko ariyo ikurikiranwa cyane ku mugabane w’Uburayi ndetse no ku isi yose, iyo umukinnyi akina muri iyi shampiyona akaba ari n’umuhanga...
Nyuma yo gusesa amasezerano n’umukinnyi wayo bitewe n’imyitwarire idahwitse, ubuyobozi bwa AS Kigali buratangaza ko ikiranga abakinnyi ba AS Kigali ari ikinyabupfura n’undi wese uzagaragaraho...
John Ntaganda Semafara, umuyobozi wa Meteo Rwanda
Byitezwe ko mu mezi atatu ari imbere mu bice bitandukanye by’ u Rwanda hazagwa imvura nyinshi mu bice byinshi, iyi mvura ngo ishobora guteza...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2017, perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle yasuye uwahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Hategekimana Bonnaventurwe uzwi nka Gangi aho...