Ikipe ya APR FC ikomeje kugira umwaka mubi muri shampiyona kuko yongeye gutakaza amanota inganya 0-0 na Espoir FC mu karere ka Rusizi inyuma y’ishyamba rya Nyungwe.
APR FC yatojwe n’Umutoza Ben...
Igitego cyiza cya Ndekwe Felix ku mupira yari ahawe na Iraguha Hadji gitumye Rayon Sports ikomeza kuba ikipe rukumbi muri shampiyona itaratsindwa na rimwe nyuma y’imikino 6.
Ku mugoroba wo kuri...
Igitego cya Mugunga Yves ku munota wa 29 w’umukino nicyo cyafashije APR FC kwegukana amanota 3 mu mukino wa shampiyona wayihuje na Gorilla kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ikipe ya APR FC...
Duherukana ubwo nari nsanze Vena muri butike yo kwa Gakire, yari agaragiwe n’ ingeri agura rimwe rikazana n’ irindi muri make haribwaga ihene indi iziritse, niyumvishije neza ko njye na mushiki...
Ikipe ya Police FC yatsinze AS Kigali mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona igitego 1-0 biyifasha kuzamuka ku rutonde.
AS KIGALI yari imaze amezi 7 idatsindwa muri Shampiyona yatsinzwe igitego...
Mu Karere ka Gakenke Mu gace kazwi nko muri Buranga mu Murenge wa Nemba habereye impanuka ya Fuso yagonganye na Coaster abantu babiri bahasiga ubuzima u 20 barimo babiri bakomereka...
Umutoza wa AS Kigali, Casa Mbungo André yavze ko nubwo batsinzwe na Rayon Sports muri shampiyona,itari ku rwego rwo kubatsinda kuko itakinnye neza kubarusha.
Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo...
Umushoramari Kakoza Nkuruza Charles ( KNC ) akaba na nyiri ikipe ya Gasogi United yavuze ko nubwo APR FC ari ikipe ifite amateka mu Rwanda ariko ubu nta bakinnyi bakanganye ifite ku buryo yakanga...
Rayon Sports yakomeje kugumana umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda igitego 1-0 Gorilla FC mu mukino wa shampiyona utarabereye igihe wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Igitego cya Rayon...
APR FC na AS Kigali zanganyije 0-0 mu mukino w’ikirarane wazihuje, bituma zikomeza guharira Rayon Sports ku rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona.
Aya makipe yombi ari mu yahabwa amahirwe...
Ikipe ya Etincelles FC yatsinze Rayon Sports ibitego 3-2,iyibuza gukomeza gushyira ikinyuranyo ku bo bahanganiye igikombe cya shampiyona iri kwegereza umusozo w’igice cyayo cya mbere.
Etincelles...
Ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo,kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Ukuboza 2022,guhera saa Cyenda mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona.
Aya makipe...
Ikipe ya Rayon Sports yakomeje inzira mbi yo gutsindwa na APR FC kuko kuri uyu wa Gatandatu yatsinzwe igitego 1-0.
Muri uyu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona wari utegerejwe na benshi, Rayon...
Umukobwa w’imyaka 32 wo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, wari ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17, nyuma yo kubafatana baryamanye undi akisobanura avuga ko bakundana,...
Rutahizamu Luis Suarez yasuye Lionel Messi iwe mu rugo rwe ruri aho avuka mu mujyi wa Rosario muri Argentina kugira ngo bafatanye kwishimira igikombe cy’isi yatwaye ndetse banasangire iminsi...
Inama y’igihugu y’Umushyikirano iba buri mwaka igiye kongera gusubukurwa nyuma yo gukomwa mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19 ntibe mu myaka ishize.
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,...
Umutoza Haringingo Francis Christian utoza Rayon Sports yatezwe imikino itatu ibanza mu gice cya kabiri cya Shampiyona, yananirwa kuyitsinda akazirukanwa.
Amakuru aravuga ko uyu Murundi...
Ikipe ya APR FC yarwanye kuri Marines FC iri mu makipe amanuka iyitiza abakinnyi 4 kugira ngo yongere kugaruka mu bihe byiza.
Abakinnyi Marines FC yatijwe barimo Mbonyumwami Thaiba yaguze mu...
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, bahasanze abaturage babiri bari baziritse barimo uwari uzirikishije iminyururu n’ingufuri, aho bivugwa ko uru rugo ari urw’umuvuzi...
Ababyeyi b’abanyeshuri bakina Football y’Abanyamerika ku ishuri ryisumbuye muri leta ya Texas barakajwe n’imyitozo ikabije yahawe abana babo igatuma bashyirwa mu bitaro.
Aba banyeshuri bahatiwe...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports,Abdul Rwatubyaye na mugenzi we,Raphael Osaluwe Oliseh,bagarutse mu myitozo rusange nyuma yo kugira imvune zikomeye zatumye badakina cyane mu gice kibanza cya...