Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo.
Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...
Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sport yahaye impanuro umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye iyi kipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC amusaba kwigira kuri bakuru be bamubanjiije mu kibuga mu...
Umuyobozi [Chairman] wa APR FC, Col Karasira Richard, yavuze ko irushanwa rya Mapinduzi Cup ryabagiriye akamaro ndetse ko bongeye gutumirwa baryitabira.
Anita Pendo amaze iminsi itarenze icumi atangaje byeruye ko yitegura kwibaruka ndetse inda atwite byemezwa ko ari iy’umukunzi we Nzeyimana Ndanda Alphonse, umukinnyi wa AS Kigali.
Urukundo rwa...
Umunyamakuru, umushyushyarugamba, DJ Anita Pendo yavuze ko umuhanzikazi Butera Knowles ari umuntu wicasha bugufi akaba n’inshuti y’akadasohoka kuva mu bwana bwe.
Mu butumwa yacishije ku rukuta...
Ikipe ya Atletico Madrid niyo yegukanye UEFA Europa League y’uyu mwaka kuko itsinze Olympique de Marseille (OM) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Groupama mu mugi wa Lyon mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, wari umunsi wizihizwaho umunsi w’abakundanye wahuririanye n’Isabukuru ya Anitha Pendo wari umaze iminsi arwariye mu bitaro, yafashe...
Tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yizihiza umunsi w’abakundanye uzwi mu rurimi rw’amahanga nka ‘St Valentin’. Na hano mu Rwanda warizihijwe maze bamwe mu bakinnyi ba ruhago hano mu...
Kuva kuwa kane ibikorwa byose mu mujyi wa Bunia birafunze ku busabe bwa sosiyete sivile bw’iminsi itatu nta kintu gikorwa ngo bahe leta ubutumwa, n’icyubahiro ku mpunzi zirenga 50 zishwe abandi 45...
Anita Pendo, Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba ukomeye mu Rwanda akomeje kugaragaraho ibimenyetso bigaragaza ko mu minsi ya vuba iri imbere yiteguye kwibaruka imfura ye.
Ni mu gihe gito...
Nshimiyimana Muhamed wamamaye muri muzika nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys; usanzwe ukundana byeruye na Umulisa Yvette kuri St Valentin yamubwiye ibanga riruta irindi mu rukundo, aho...
Miss Nishimwe Naomie wekuganye rya Miss Rwanda muri 2020, ari mu gahinda ko kubura sekuru, ibi bikaba bibaye mu gihe mu minsi micye ishize uyu muryango wari uri mu byishimo...
Ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo kutazongera kugaragara mu irushanwa rya Mapinduzi Cup,nyuma yo gutsindwa na Mlandege kuri penaliti 4-2,mu mukino wagaragayemo imisifurire mibi...
Perezida Kagame yavuze ko nta mwanzi watera u Rwanda aturutse hanze y’ igihugu ngo abishobore ko ahubwo umwanzi ukomeye ari uwaturuka imbere mu gihugu.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa...
Umutoza Masudi Djuma yatangiye guhangana n’abafana b’ikipe ya Simba SC bamaze iminsi bamushinja ko akinisha abakinnyi nabi ariko we yababwiye ko akora ibyo azi ndetse ko bakwiye kwihanganira...