Humble yageze i Kigali ari kumwe n’ umugore we Amy Blauman ndetse n’ umwana wabo bibarukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo umaze amezi 3 muri Amerika...
Humble yanenze Safi amubwira ko kuba inshuti nawe atari ukumwihomaho.
Manzi James umaze iminsi micye ageze mu Rwanda nyuma y’amezi 3 yarajyanye n’ umufasha we muri Amerika kwibaruka umwana wabo...
Safi yabajijwe niba ashobora gukorera indirimbo muri Studio nshya Urban boys iherutse gushyira hanze avuga ko bitashoboka keretse ari nka company ishaka ko ayamamariza yafunga umwuka...
Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Ukuboza 2018 ubwo Isi yose yizihiza umunsi wa Noheli, nibwo mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cyiswe ‘Celebrities Christmas Party’ cyahurije hamwe...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boyz nka Humble Jizzo, yatangajeko atabyiyumvisha niba koko Safi yatandukanye n’umugore we bari bamaze imyaka itatu basezeranye kubana...
Muhanzi Ama G Black yahakanye yivuye inyuma amasezerano ya miliyari y’amanyarwanda Bruce Melodie yasinyiye muri sosiyete yitwa Food Bundle igurisha ibiribwa ,avuga ko ari ikinyoma kigamije...