skol
Kigali

Search: Nizzo (123)

Humble Jizzo yageze i Kigali ahetse umwana we yabyaranye na Blauman

Humble yageze i Kigali ari kumwe n’ umugore we Amy Blauman ndetse n’ umwana wabo bibarukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Manzi James uzwi nka Humble Jizzo umaze amezi 3 muri Amerika...
23 March 2018 1487 0

Dabijoux yongeye kugaragaza mu ruhame amafoto ari hafi kwambara ubusa

Umunyarwandakazi wamampaye ku kabyiniro Bijou Dabijou yongeye gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto yambaye ikariso n’ isutiya gusa. Bijou Dabijou kuri ubu usigaye abarizwa i Kampala muri...
12 March 2018 2963 0

Dore zimwe muri couples zo mu Rwanda zabiciye bigacika muri za 2009

Dore zimwe muri couple zo mu Rwanda zabiciye bigacika muri 2009 ibyazo bikaza kuba nk’ amateka. Mu Rwanda hagiye havugwa inkundo zitandukanye hagati y’ abasitari batandukanye barimo , Licl Lick...
18 March 2018 4371 0

Humble yatangaje ko kuba inshuti na Safi atari ukumwihomaho

Humble yanenze Safi amubwira ko kuba inshuti nawe atari ukumwihomaho. Manzi James umaze iminsi micye ageze mu Rwanda nyuma y’amezi 3 yarajyanye n’ umufasha we muri Amerika kwibaruka umwana wabo...
28 March 2018 589 0

Mu gitaramo cya Urban Boys i Musanze cyagaragayemo inkumi yabyinnye amabere asohoka mu isutiye [AMAFOTO]

Igitaramo cya Urban Boys cyabaye kuri uyu Gatanu cyagaragayemo umukobwa wabyinne amabere ye agasohoka mu isutiye , ndetse n’umusore wagaragaye yahuje urugwiro n’umukobwa...
29 April 2018 4958 0

Sacha yavuze impamvu ituma abantu benshi bakunda kureba amafoto ye agaragaza ubwiza n’ikimero cye [AMAFOTO]

Sacha yavuze ko impamvu nyamukuru ituma abantu bakunda kureba amafoto ye ari uko mu gihe Imana yamuremaga yashakaga kwerekana ubushobozi bwayo kuko yamuremye yitonze kandi imuha ubwiza ndetse n’...
2 May 2018 1976 0

Safi Madiba yatsembye ko adashobora gukorera muri studio ya Urban Boys

Safi yabajijwe niba ashobora gukorera indirimbo muri Studio nshya Urban boys iherutse gushyira hanze avuga ko bitashoboka keretse ari nka company ishaka ko ayamamariza yafunga umwuka...
12 May 2018 1238 0

Itsinda rya Urban Boyz ryitabiriye umuhango wo gushyingura umwe mu bafana babo wapfuye[AMAFOTO]

Uwiragiye Marie Claire yari umufana akaba n’umukunzi w’itsinda rya Urban Boyz, uyu mukobwa yari yibumbiye mubakunzi ba Urban Boyz bibumbiye mu itsinda bise “Swagger Family”. Itsinda rya Urban Boyz,...
30 May 2018 4202 0

Abafana barwaniye mu gitaramo cya Urban Boyz basumira Jay Polly ngo bamukubite –AMAFOTO

Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
3 July 2018 1480 0

Bimwe mu byamamare nyarwanda byasabiye igihano umusore wari warabiyogoje konte za instagram

Bimwe mu byamamare byibwe konte zabyo ku mbuga nkoranyambaga byatangaje ko uriya musore wabayogoje adakwiriye gufungwa ahubwo akwiye kujyanwa mu ishuri agakarishya ubumenyi kuko hari ikintu...
7 August 2018 1950 0

Urban Boys bamaze gusinya muri The Mane ubusanzwe ifasha Safi

Urban Boys basinye amasezerano n’inzu ya The Mane ubusanzwe ifasha Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha.
7 October 2018 624 0

Urban Boys batangaje igihe amashusho y’indirimbo ‘Ntakibazo’ izashyirwa hanze

Urban Boys bavuze ko amashusho y’indirimbo Ntakibazo izajya hanze bitarenze uyu mwaka .
10 October 2018 578 0

Ese Safi ashobora kongera kuririmbira ku rubyiniro rumwe na Urban Boys yahozemo?

Bad Rama ukuriye The Mane ifasha Safi Madiba yasubije ko ibyo byaturuka ku bushake bw’abahanzi, ubuyobozi butabyinjiramo.
14 October 2018 1232 0

Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gutinya amashusho y’umuhanzi ukizamuka

Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
16 October 2018 1664 0

Meddy agiye gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye mu gihugu cy’Uburundi

Meddy arimo gukorana indirimbo n’umuhanzi Sat B ukorera umuziki we mu gihugu cy’Uburundi.
22 November 2018 602 0

Humble Jizzo yasabye anakwa Blauman ibirori byagaragayemo abanyamahanga bakenyeye imikenyero [AMAFOTO]

Humble Jizzo yasabye anakwa umukunzi we Blauman umuhango waranzwe n’imitako ya Kinyarwanda aho abanyamahanga bambaye imikenyero.
24 November 2018 2793 0

Aba nibo basore b’ibyamamare mu Rwanda bivugwa ko bisize MUKOROGO mu buryo bukabije[AMAFOTO]

Nkuko bimaze kumenyekana mu gihugu cyose, hari bamwe mu byamamare nyarwanda bikomeje kuvugwa ko bisize umukorogo kugirango bahinduke inzobe.
27 November 2018 8883 0

Aya niyo mazina nyakuri y’abahanzi/kazi b’ibyamamare 64 mu Rwanda

Bamwe mu bahanzi nyarwanda bafite amazina atandukanye cyane n’ayo ababyeyi babo baba barabise. Aya mazina abahanzi biyita, hari abantu bifuza ko yavaho bakagumana ayo biswe n’ababyeyi n’ubwo bose...
3 December 2018 16196 0

Icyo Anita Pendo azakora ngo naramuka abuze umugabo umurongora

Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru ukomeye mu gihugu aravuga ko ubuzima bwe bumeze neza nyuma y’igihe gito yibarutse umwana wa kabiri. Ubu yanatangiye gutegura ibitaramo ndetse arategura...
26 December 2018 6913 0

Mu dushya twagaragaye mu myambarire y’ibyamamarekazi byitabiriye ikirori cyaraye kibaye harimo Asinah na Sasha baje bambaye...

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Ukuboza 2018 ubwo Isi yose yizihiza umunsi wa Noheli, nibwo mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cyiswe ‘Celebrities Christmas Party’ cyahurije hamwe...
26 December 2018 4572 0

Nyiri The Mane Label ibamo Safi,Marina,QuenCha na Jay Polly ari mu rukundo n’umuzungukazi w’umukecuru[AMAFOTO]

Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
22 April 2019 9647 0

Bad Rama washinze The Mane yashubije abavuga ko akundana n’umukecuru, ibyo gutobora izuru n’ibindi...

Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
24 July 2019 3421 0

Umunyarwandakazi Sacha Kate ifoto yashyize hanze yambaye ikariso n’isutiye gusa yatumye abamukurikira bacika...

Sacha Kate yashyize hanze ifoto yambaye bikini bvugisha bamwe mu bantu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
29 August 2019 14240 0

Humble Jizzo yashyize hanze ifoto y’umwana yabyaranye n’umugore we w’umuzungu agaragaza uko asigaye angana ayiherekeresha...

Ku wa 23 Gashyantare 2018 nibwo umuhanzi Manzi James ukoresha izina rya Humble Jizzo mu itsinda rya Urban Boys ndetse n’umufasha Amy Blauman bibarutse imfura yabo maze nyuma bamwita Ariella...
31 October 2019 5129 0

Humble Jizzo ntariyumvisha uburyo Safi Madiba yatandukanye n’umugore bamaranye imyaka Itatu[IBITEKEREZO]

Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boyz nka Humble Jizzo, yatangajeko atabyiyumvisha niba koko Safi yatandukanye n’umugore we bari bamaze imyaka itatu basezeranye kubana...
22 August 2020 3530 0

Se wa Humble Jizzo yahitanwe n’uburwayi

Umubyeyi w’umuhanzi Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo mu itsinda rya Urban Boys ari mu gahinda ko kubura se witabye Imana azize uburwayi.
30 December 2020 2204 0

Platini yahishuye uko urukundo rwe na Ingabire rwashibutse kugeza biyemeje kurushinga

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Werurwe 2021,nibwo Platini yatunguranye asezerana mu murenge n’umukobwa witwa Olivia Ingabire bamaze imyaka isaga 2 bakundana mu...
7 March 2021 2062 0

Ama G The Black yahakanye yivuye inyuma Miliyari Bruce Melody yahawe na Food Bundle

Muhanzi Ama G Black yahakanye yivuye inyuma amasezerano ya miliyari y’amanyarwanda Bruce Melodie yasinyiye muri sosiyete yitwa Food Bundle igurisha ibiribwa ,avuga ko ari ikinyoma kigamije...
27 August 2021 1859 0

Urutonde rw’abahanzi bakanyujijeho mu bihe byashize ubu bakaba baraburiwe irengero(Video)

Urutonde rw’abahanzi bakanyujijeho mu ruhando rwa Muzika Nyarwanda batakigaragara kandi nyamara bari bakunzwe cyane ndetse abantu bababonagamo ishusho nziza mu gihe kiri...
25 May 2022 2345 0

Ihere ijisho uburanga bw’umunyarwandakazi uri kuvugwa mu rukundo na Harmonize(AMAFOTO)

Mu mafoto ihere ijisho uburanga bw’umunyarwandakazi Munezero Rosine uzwi nka Dabijou urikuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Harmonize uherutse gutandukana na Kajala yari yarambitse...
29 December 2022 2488 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120