Ugandan singer-turned-politician Robert Kyagulanyi has left Uganda for medical treatment in the United States following accusations he was tortured by security forces, his lawyer told AFP on...
Mu gihe abantu batekereza urupfu nk’urugendo ruteye ubwoba kandi rubabaje, ubushakashatsi bwerekanye ko abiyumvamo ko bari hafi yo kurangiza ubuzima bwabo ku isi baba...
Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe...
Kim Kardashian abinyujije kuri instagram konte ye yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe mu mwambaro wa bikini ubwo yararimo kwamamaza igicuruzwa yise...
For four years back in 1990s, she donned the rare dotted green rebel uniform and gumboots – both of which were the signature attire of the Rwanda Patriotic Front/Army (RPF/A) rebels.
Today, the...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Mu bihugu 8 Igikomangoma Harry n’umukunzi we Meghan bashobora kuriramo ukwezi kwa buki nubwo nta gihamya ntakuka yemeza aya makuru biyobowe n’u Rwanda hagakurikiraho Barbados, Hawaii, Turkey,...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Hon.Mushikiwabo Louise yatangajeko u Rwanda rutamenye impamvu yateye agatotsi hagati yarwo na Uganda avuga ko u Rwanda na Uganda bifitanye isano y’ amaraso...
Umuryango wa Kim Kardashian n’umuraperi Kanye West wamaze kwakira undi mwana nyuma y ‘igihe kingana n’amezi 9. Umunyamideri ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yamaze kwakira...
Mu nkuru yacu yatambutse mu mwaka ushize wa 2017 twabagejejeho ukuntu Meddy yaciye amarenga yerekana uwo bivugwa ko bari mu rukundo mu majwi n’amashusho yanyujije kuri konti ya Instagram nubwo iyi...
Stephen Paddock warasiye abantu mu gitaramo 59 bakahasiga ubuzima, ni we muntu wambere wishe abantu benshi ari umwe mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Iki gitero Islamic States yigambye...
NDAMAGE Paul Jules wabaye Mayor w’Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali n’abandi bayobozi batanu bahawe akazi na Kaminuza ya Kigali, UK. Aba bose bazafatanya mu kuzamura ireme no gukomeza kwagura...
Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka
1099:...