Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Written by: Francine Andrew
Rwanda has committed to host the vaccine-manufacturing hub in order to share vaccines with the rest of East Africa as a way of strengthening regional integration and...
Ibitero bikaze by’indege byakubise uduce tw’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum uyu munsi kuwa kane, mu gihe habaga ubushyamirane hafi y’inkambi ya gisilikare, mu mirwano yakuye mu byabo...
Umugabo ukomoka Australia wakoraga umwuga w’uburobyi yasanzwe mu nda y’ingona yarapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero.
Kevin Darmody yaherukaga kubonwa ari ahitwa Kennedy’s Bend – agace...
Umusore w’imyaka 21 wo mu ishami rya ’reserve’ ry’igisirikare cyo mu kirere cya Amerika yatawe muri yombi kandi uyu munsi kuwa gatanu aragezwa imbere y’urukiko rw’i Boston ashinjwa kumena amabanga...
Koreya ya Ruguru na Koreya y’Epfo ku nshuro ya mbere zarashe misile hakurya y’umupaka wo ku nyanja w’ibi bihugu.
Koreya y’Epfo yihimuye kuri uyu wa gatatu, nyuma y’amasaha atatu Koreya ya Ruguru...
Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022].
Uyu yahize...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya arashinja Ukraine gutera ikiraro gihuza iki gihugu n’umwigimbakirwa wa Crimea bwafashe, avuga ko ari “igikorwa cy’iterabwoba”.
Putin yavuze ko intasi za Ukraine...
Ku wo kuwa gatanu mu gatondo, niho Umwami mushya w’Ubwongereza Charles III yavuye i Balmoral akajya i Londres /London, inyuma y’urupfu rwa mama we, Umwamikazi.
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Umuraperi Kanye West usigaywe wiyiya Ye yongeye kwibasira uwahoze ari umugore we Kim Kardashian we n’umuryango we abashinja kumwima uburenganzira mu guhitamo ishuri abana bagomba kwiagaho nka Se...
William Samoei Arap Ruto wari usanzwe Visi Perezida w’igihugu ni we wemejwe ko yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya aho yatsinze Raila Odinga watangiye kwiyamamariza uyu mwanya...
Kugeza iki gitondo CYO KURI uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kanama 2022,Umukandida William Ruto ari imbere hagendewe ku majwi arimo kubarwa.
William Ruto uri mu ishyaka rya Kenya Kwanza afite amajwi...
Ubwana bwa William Ruto ni urugero rwiza rw’ubuzima bw’Abanya-Kenya benshi b’abacyene.
Yajyaga kwiga mu mashuri abanza nta kintu yambaye mu birenge, inkweto za mbere yambaye yazambaye afite imyaka...
Ku wa kane, Rihanna n’umukunzi we A $ AP Rocky bakiriye umwana wabo wa mbere mu cyumweru gishize.
Uyu mwana w’umuhungu hataramenyekana izina yiswe,yahise ashyirwa ku mwanya wa mbere mu bana...
Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Werurwe nibwo Kim Kardashian na Kanye West bagaragaye ku nshuro ya mbere bahuje urugwiro nyuma y’ amezi menshi batabanye neza.
Aba bombi basaga nkaho bashyize...