Usibye kuba Neymar Jnr ari umwe mu bakinnyi beza bari bahanzwe amaso mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, uyu mukinnyi amaze no kugaragaza indi sura idasanzwe aho amaze kuvugisha benshi mu...
Kuri Katedarali ya Rubaga iherereye mu mujyi wa kampala mu gihugu cya Uganda, habereye ubukwe bwagatangaza byahagurikije benshi bari baje kwihera ijisho kuri uyu wa kane, nyuma y’aho abageni 200...
Mario yavuye mu gihugu cya Serbia yerekeza mu Burusiya kugirango ajye yogosha abantu mu mutwe abashyiriremo ishusho ya Messi cyangwa Christiano akishyurwa amayero...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Kenya, witwa Wilson Oluochyari yateye benshi agahinda bavuga ko yapfuye ndetse n’imihango yo kumushyingura yatangiye nyamara we yari yibereye ahantu arimo gufata...
Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye n’uruva gusenya ubwo yari ku rugamba mu gihugu cya Afghanistan, ubwo we na bagenzi be baturikanwaga n’igisasu maze ahasiga ubugabo bwe.
Uyu...
Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya matungo bayambitse ibice by’ utugerekani ku minwa mu rwego rwo kwirinda amakimbirane no gucibwa...
Mu gihe muri Afurika by’ umwihariko muri Uganda na Kenya abaganga bakunze kwigaragambya basaba Leta kubongeza imishahara abo mu gihugu cya Canada bo bigaragambije binginga leta y’ iki gihugu ngo...
Ni ibihe byatangaje abagize amahirwe yo kubibamo. Indege no 446 yahagurutse muri Novelle Zelande yerekeza mu birwa bya Hawaii yahaye abagenzi bari bayirimo amahirwe yo kuba mu mwaka 2018 no...
Muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika ahitwa Utah, mu mugi wa Washington, umuhungu w’ imyaka ine yasezeranye imbere y’ Imana n’ abakobwa bane bari hagati y’ imyaka ine n’ irindwi.
Abantu bagera kuri 600...
Intare y’ ingore yo mu cyanya cyo mu gihugu cya Tanzaniya yafotowe irimo konsa icyana cy’ ingwe, iyi ntare yonkeje iki cyana yirindaga icyagihungabanya, ni ubwa mbere ibintu nk’ ibi bibayeho.
Izi...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Kenya, witwa Wilson Oluochyari yateye benshi agahinda bavuga ko yapfuye ndetse n’imihango yo kumushyingura yatangiye nyamara we yari yibereye ahantu arimo gufata...
Umwana ukomoka mu gihugu cya Colombia uzwi ku izina rya Juanita Valentina Hernandez,ku mezi ye icumi amaze avutse ariko akaba apima ibiro bigera kuri 20 byibura byagapimye umwana ufite imyaka...
Umubyeyi witwa Mienna wo mu mujyi wa St Albans mu gihugu cy’Ubwongereza yafashije umwana we wavutse ari umukobwa kumuhindurira igitsina agirwa umuhungu nk’uko uyu mwana we yabyifuzaga.
Mienna...
Ntibisanzwe ko humvikana umuntu kuri iyi Si ya Rurema waba ufite ububasha bwo kuzura abapfuye dore ko ubu bubasha tubuzi ndetse twabuherukaga mu bihe bya Yezu ubwo yari akiri kuri iyi Si azura ba...