Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda cyaburiye Abanyarwanda ko imvura nyinshi igihe gukomeza kugwa kugeza mu kwezi kwa gatanu, bituma abayobozi b’umujyi wa Kigali bafata imyanzuro ko bagiye...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabiri taliki 25/02/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya NDAKAZA...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 14/02/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya NDAKAZA...
Ubuyobozi bwa Minisiteri y’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko abantu 12 ari bo bamaze kumenyekana ko bishwe n’imvura yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019 hirya no hino mu...
Nsengiyumva Francois wamamaye mu muziki ku kazina ka ’Igisupusupu’ yasabye pasiteri Zigirinshuti Michael uherutse kuvuga ko kwamamara kwe hari izindi mbaraga zaba zibyihishe inyuma ndetse...
Umujyi wa Kigali uramenyesha abakoresha amasangano y’imihanda ya Kanogo ko bashobobora guhura n’ubucucike (Traffic Jam) bw’ibinyabiziga mu gihe aya masangano araba ari kwagurwa guhera uyu munsi...
Kuri uyu wa kane w’iki cyumweru twitegura gusoza tariki ya 21 Werurwe 2019 nibwo ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) na Kigali City Tour Ltd batagije ku mugaragaro igikorwa cyo kumurika Imodoka...
Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
Ni nyuma y’uko hagaragaye kenshi abagenderera imijyi itandukanye mu Rwanda bakumva ko ukomoka i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali bamwe bakakugirira amatsiko abandi bakagutinya ku bw’amateka n’amakuru...
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’idini ya Islam bunenze bamwe mu bayoboke bayo bagurishije inyama ku bakene ku munsi mukuru w’igitambo (Iddil Adha),Nyamirambo ,Onatracom mu mujyi wa Kigali abasaga 10...
Umusore uzwi ku izina rya Ndege ni umwe mu basore bazwi mu duce tudandukanye two mu mujyi wa Kigali aho azwiho gukora udukoryo dutandukanye turimo imyitozo ngorora mubiri ndetse no kwigana bimwe...
Umunyamakuru wa Siporo Rutamu Elie Joe wamamaye kubera kogeza umupira ku maradio atandukanye yo mu Rwanda harimo na Radio 1 mu mwanya yagombaga gutangarizamo ko asezeye mu itangazamakuru yavuze...
Umusore witwa Jean de Dieu na Nibagwire Veneranda bombi bafite ubugufi budasanzwe bakoze ubukwe butangaje aho n’ ababaherekeje ba bugufi ya bose bafite ubugufi...
Mukankuranga Jacqueline uzwi ku izina rya Mama Fabrice, ni umugore ubyaye karindwi ariko abana bariho ni batatu, ni umukirisito muri ADEPR, ku mudugudu wa Rubonobono, Paruwase ya Gatsata, ubu...
Mu gihe mu gihugu cy’ Ubushinwa harimo kubera inama yaguye yiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi Abanyarwanda bakorera Abashinwa mu mirimo itandukanye mu Rwanda baravuga ko bamaze kubungukiraho...