U Rwanda rurizihiza umunsi wo kwibohora ku ncuro ya 29. N’igihe cyo kwisuzuma no kurebera hamwe ibikwiye gushingirwaho mu guhamya kwibohora nyako nyuma y’imyaka 29...
Buri tariki ya 4 Nyakanga, Abanyarwanda bizihiza isabukuru yo kwibohora bazirikana ubutwari bw’ingabo za RPA zari iza FPR-Inkotanyi, ziyemeje gufata intwaro zikarwanya leta yakoraga Jenoside...
Philippe Hategekimana wahoze ari umujandarume mu Rwanda ku wa gatatu yatangiye kuburanishwa mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa ashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu...
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora...
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Taliki 06/04/1994 hari kuwa gatatu isoko ry’i Ntyazo ndetse n’i Nyamiyaga ku Mayaga yari yaremye ku manywa bisanzwe.
Iry’i Kibilizi n’i Nyanza ryari kurema bukeye bwaho kuwa Kane.
Abanyeshuli mu...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Abageni bari mu Kiliziya Padiri ari kubasezeranya, ubukwe bwabo bwahagaze akanya bitunguranye biturutse kuri umwe wikubise hasi ari imbere ya Altar.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 18 Gashyantare,...
Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwakatiye Jean Twagiramungu gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside yakoreye mu cyahoze ari perefegitura ya...
Ubushinjacyaha bwasabiye abarwanyi batandatu bahoze mu mutwe wa FDLR gufungwa imyaka 25 ku byaha birimo kujya mu mutwe w’ingabo utemewe no kugambirira inabi ubutegetsi buriho.
Aba bakuriwe na...
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi.
Senateri...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri nkuko yabyanditse mu ibaruwa y’ubwegure bwe.
Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubusenateri...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2022, imirwano ihanganishije M23 n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(FARDC) yakomereje mu gace ka Kishishe....
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu byahoze byambukiraho...
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo.
Mu mashusho yashyizwe...