Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe (Rwanda Meteorological Agency) cyatangaje guhera mu kwezi gutaha kwa Nzeri kugera mu Kuboza uyu mwaka wa 2022, hari ibimenyetso bigaragaza ko imvura izagabanuka...
Mukanemeye Madeleine w’imyaka 100 y’amavuko wo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara, ni umufana ukomeye w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Mukura VS ku buryo adashobora gusiba umukino w’ iyi...
Rayon Sports yageze mu karere ka Rubavu, yasuye abana bo mu ishuri rya Muhato mbere yo gukina na Marine FC kuri uyu wa Gatandatu.
Rayon Sports ikomeje kwiyegereza abafana bayo nkuko yabyiyemeje...
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo.
Mu mashusho yashyizwe...
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu byahoze byambukiraho...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2022, imirwano ihanganishije M23 n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(FARDC) yakomereje mu gace ka Kishishe....
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri nkuko yabyanditse mu ibaruwa y’ubwegure bwe.
Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubusenateri...
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi.
Senateri...
Ubushinjacyaha bwasabiye abarwanyi batandatu bahoze mu mutwe wa FDLR gufungwa imyaka 25 ku byaha birimo kujya mu mutwe w’ingabo utemewe no kugambirira inabi ubutegetsi buriho.
Aba bakuriwe na...
Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwakatiye Jean Twagiramungu gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside yakoreye mu cyahoze ari perefegitura ya...
Abageni bari mu Kiliziya Padiri ari kubasezeranya, ubukwe bwabo bwahagaze akanya bitunguranye biturutse kuri umwe wikubise hasi ari imbere ya Altar.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 18 Gashyantare,...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Taliki 06/04/1994 hari kuwa gatatu isoko ry’i Ntyazo ndetse n’i Nyamiyaga ku Mayaga yari yaremye ku manywa bisanzwe.
Iry’i Kibilizi n’i Nyanza ryari kurema bukeye bwaho kuwa Kane.
Abanyeshuli mu...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...