Umuraperi Dogo Janja wamamaye cyane muri Tanzania nyuma yo gutandukana na Irene Uwoya bari baherutse gushakana, yavuze ko ntaho azi umuryango we kabone n’ubwo yahoze ari umugore...
• Uwahoze ari nyirabukwe wa Ndikumana Hamad yashenguwe n’urupfu rwe
• Mama wa Irene Uwoya yatangaje ko yababajwe n’uko Katauti yapfuye batavuganye
• Mama wa Irene Uwoya yari afite icyezere ko umukobwa...
Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na Oprah Winfrey.
Adele yavuze ko yumvise "yarasuzuguye" ingingo yo gushyingirwa ubwo yatandukanaga...
Umukinnyi wa filime ukomoye muri Tanzania, Irene Pancras Uwoya wamenyekanye nka Oprah, akaba yarahoze ari umugore wa nyakwigendera, Ndikumana Hamad Katauti, yatigishije umujyi wa Dar es Salaam...
Umugore w’igikomangoma Harry cy’Ubwongereza avuga ko ibipimo by’amavuko ye byerekana ko ari “umunya-Nigeria ku kigero cya 43%”.
Mu kiganiro giheruka mu rukurikirane rwe Archetypes acisha kuri...
Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje guterwa umugongo muri Hollywood Nyuma yo kumena amabanga menshi ku nkuru zivuga ibyababayeho igihe bari mu bwami bw’u...
Lady Gaga yahishuye ko yigeze guta ubwenge bivuye ku guhohoterwa gushingiye ku gitsina kwasize atwite.
Gaga avuga ko yari afite imyaka 19 ubwo yakoreshwaga imibonano mpuzabitsina ku ngufu...
Igikomangoma Harry avuga ko yasize umuryango w’i Bwami mu Bwongereza akajya gutura muri California kuko yari afite ubwoba ko ‘amateka mabi yazisubiramo’.
Jessica Asmah wakundanye na Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti mu minsi ye ya nyuma, yakoze ubukwe n’umusore witwa Yves Melodie ubarizwa mu itsinda rya Best Life Music ryo mu...
Abantu batandukanye bakoresha imoso batangaza ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu buzima, bituruka ku kuba bafatwa nk’abadasanzwe cyangwa se bafite ikibazo.