Inzego z’Umutekano n’abasivile baturutse mu Rwanda na Uganda bari mu mahugurwa y’imikoranire hagati yabo n’abaturage mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
Abasirikare, abapolisi n’abasivile 24...
Umuraperi Fireman umaze igihe kigera ku mezi atatu ari kugororerwa Iwawa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2019, mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru bitandukanye byamusuye yasabye...
Umusaza w’ inararibonye mu Rwanda Tito Rutaremara akaba n’ Umusenateri mu Nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda ntiyemeranya n’ abavuga ko umukobwa wagaragaje ibibero bye ku mbugankoranyamba aba yishe...
Umuhanzikazi Rema Namakula uherutse gutera indobo Eddy Kenzo bakundanaga yagaragaye ari mu rukundo na Doctor Hamza Sebunya yamusimbuje ubwo bari basohokeye kuri lodge yitwa Paraa Safari iri mu...
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ubukungu butifashe neza, nyuma y’uko Guma mu rugo ya Kigali yatumye abana n’umukunzi we mu buryo...
Umugabo wari mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique yishwe arashwe ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe mu murwa mukuru Maputo, nk’uko ukuriye ishyirahamwe ry’izo mpunzi abivuga....
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwagize umwere Uwimana Francis wamamaye mu muziki nka Fireman wari ukurikiranyweho ubufatanyacyaha mu gukubita no gukomeretsa byateye ubumuga buhoraho umugororwa w’i...
Nyuma y’iminsi Kabera Charlotte umugore wa Fireman arembeye mu bitaro ubwo yari yavunitse igufwa ry’urutirigongo, ubu yamaze gutaha mu rugo ndetse ashimangira ko azamera neza nyuma yo gusoza...
Tito Rutaremara umwe mu ba senateri bagize Komisiyo ya poltiki n’ imiyoborere myiza avuga ko imitwe ya politiki(amashyaka ya politiki) atariyo ivuga politiki yonyine ahubwo n’ iyo idini rigize icyo...
Umuhanzikazi ukomoka ndetse ukomora ubwamamare bwe mu muziki wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ariana Grande,yatanagariwe n’abafana b’umuziki we nyuma yo kubereka ubwiza bw’umusatsi we...
Rema Namakula ubu uri gukundana na Dr.Hamzah Ssebunya nyuma yaho atandukaniye na Eddy Kenzo bakundanye yakoze ibikorwa by’urukundo we n’uwo bari kumwe abanya Uganda benshi bavuga ko atari ibikorwa...
Jay Polly yari umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, ari nabyo byatumye inkuru y’urupfu rwe ishavuza benshi kuva ku bavandimwe be, inshuti, abakunzi b’ibihangano bye ndetse...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya Fireman yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kabera Charlotte yari amaze umwaka urenga yarambitse impeta nyuma yo kwemeranya kurushinga.
Uyu...