Ibarura rusange ry’abaturage ba Kenya ryakozwe mu kwezi kwa munani ibyarivuyemo byatangajwe uyu munsi, ku nshuro ya mbere hanabaruwe abantu batitwa ko ari ab’igitsina Gabo cyangwa...
Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka ‘KNC’akaba umuyobozi wa Radio na TV1 ndetse n’umuyobozi wa Gasogi united yazamutse mu cyiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda avuga ko agiye...
Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA, rwamaze gushyiraho ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu byatangiye gukurikizwa kuri uyu wa gatandatu, ku wa 04 Gicurasi...
Miss Iradukunda Michele, Umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda (RTV) na Magic FM, yahishuye agahinda kari kumwica yagize nyuma yo kubyara umwana we w’imfura akamara ibyumweru bitatu...
Polisi yo muri UK yataye muri yombi umugore w’umunya Nigeria wakoresheje amarozi ahindura umugabo we w’umuzungu nk’imbwa,amwambika umunyururu mu ijosi, akajya agenda amukurura mu muhanda,...
Umutoza mushya wa Real Madrid,Zinedine Zidane yabwiye abanyamakuru bari bamubajije ku byerekeye kugarura Cristiano Ronaldo mu ikipe ya Real Madrid ko arajwe ishinga n’imikino 11 isigaye kugira ngo...
Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
Umubyeyi w’abana 3 witwa Mukankusi Nadine yatangaje ko aba bana bose yabyaye nta numwe wavukiye kwa muganga cyangwa mu nzu kuko bose ababyarira muri ruhurura.
Umupolisikazi w’Umudage witwa Adrienne Koleszar w’imyaka 34 yakuwe mu kiruhuko igitaraganya ahamagarwa ku kazi n’abayobozi be nyuma y’iminsi yari amaze ashyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto akurura...
Umuyobozi wa FC Barcelona,Josep Maria Bartomeu yavuze ko nta gahunda bafite yo kugarura rutahizamu wa PSG,Neymar nubwo byari bimaze iminsi bihwihwiswa ko bamaze...
Umuyobozi wa Radio 1 na TV1, Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC mu cyumweru gishize nibwo yanenze Umuyobozi wa Zion Temple, Dr Apotle Paul Gitwaza, nyuma yo kuvuga ko ari we mnuhanuzi uri hejuru...
Meghan Markle uherutse gushyingiranwa n’igikomangoma Harry mu bukwe bw’agatangaza bwabaye ku wa 19 Gicurasi 2018,yateje urunturuntu mu banyamategeko b’Abafaransa kubera amafoto akurura abagabo...
Muri Repuburuka ya Demokrasi ya Congo Komisiyo ishinzwe amatora CENI iri mu gikorwa cyo kubarura amajwi yavuye mu matora yo kuri uyu wa gatatu itariki 20 Ukubzoza. Ariko nanone, amatora yakomeje...